Guverinoma y’u Bushinwa n’iy’u Buhinde zemeje ko zagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane ashingiye ku mupaka uri mu gice cy’imisozi miremire ya Himalaya.
Umukinnyi wa film w’Umwongereza, Idris Elba yabwiye BBC ko afite gahunda yo kwimukira muri Afurika, akahamara imyaka 10 muri gahunda afite yo gushyigikira umwuga wo gukina film kuri uyu mugabane.
Mu kigo cya Mutobo cya Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari Abasirikare (RDRC) giherereye mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri hasezerewe ikiciro cya 72 kigizwe...
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira, yisubije agace ka Kalembe ko muri Teritwari ya Walikale nyuma y’amasaha make ukambuwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Ukwakira 2024, u Rwanda na Samoa byasinyanye amasezerano ashyiraho za ambasade z’ibihugu byombi, hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe na...
Arikiyepisikopi Theodosius w’Itorero ry’Aba-Orthodox rya Ukraine [Ukrainian Orthodox Church- UOC] yakomerekeye bikabije mu gitero cyagabwe ku Katedelari St. Michael mu Mujyi wa Cherkasy, nk’uko...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe w’abadepite, Mike Johnson, yemeje ko barimo gukora iperereza ku itangazwa ry’inyandiko z’ibanga zivuga ku isuzuma rya...
Bruce Melodie ubwo yataramiraga mu Karere ka Rubavu muri ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, yaratunguranye agaragara ku rubyiniro ari kumwe na Bahati wo muri Kenya banakoranye indirimbo ‘Diana’.