Guhera ku wa 21 Werurwe 2013 ni bwo Justin Welby yahawe inshingano zo kuyobora Itorero Angilikani ry’u Bwongereza, asimbuye Rowan Williams wari umaze kwegura ku nshingano ze.
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Kenya, Margaret ‘Meg’ Cushing Whitman, kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2024, yatangaje ko yeguye kuri izo nshingano, nyuma y’icyumweru Donald Trump atsinze...
Google yatangaje ko yakoze amavugurura kuri porogaramu yayo ifasha abantu gufungura imbuga za internet zitandukanye yitwa Google Chrome muri telefoni za iPhone, ihabwa imikorere ihura n’isanzwe...
Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete Hegseth ari we agomba kugira Minisitiri mushya w’ingabo za kiriya gihugu.