Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), kuri uyu wa Mbere kashyigikiye burundu inkunga ya miliyoni 20 z’amadorali ya Amerika ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Nasagambe Fred na Gatare Gedeon Junior bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa, bakomeza gufungwa by’agateganyo kuko hagikorwa...
APR WBBC yatahanye umwanya wa gatatu mu mikino y’Akarere ka Gatanu (Zone V) yabereye muri Zanzibar, yahawe itike yo kuzitabira imikino Nyafurika ya ‘Africa Women Basketball League’, mu gihe hari...
Intambara y’amagambo yavutse hagati y’abakinnyi ba filime Captain Regis na Micky bari bamaze iminsi bagaragaza ko bakundana ndetse ku mbuga nkoranyambaga bafatwa nka bamwe mu bakundana bya nyabyo.
Umugore wa Perezida wa Brésil, Janja Lula da Silva, yatukiye mu ruhame umuherwe Elon Musk ubwo yari ari kugeza ijambo ku bitabiriye inama ishamikiye kuri G20 igihugu cye kizakira mu minsi mike.