Perezida wa Repubulika ya Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024 yatangaje icyiciro cya mbere cy’abaminisitiri 11 bari mu bazaba bagize guverinoma nshya, barimo abahoze muri...
Kuri uyu wa gatanu tariki 19 Nyakanga 2024, habonetse ikibazo cy’ikoranabuhanga hafi ku isi yose cyahagaritse serivisi zo gutwara abantu n’ibintu mu kirere kubera ko imiyoboro myinshi y’itumanaho...
Ku wa kane tariki ya 18 Nyakanga, umuyobozi w’umurenge wa Bapère, agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru, yahamagariye urubyiruko kudatera abasirikare ba Uganda (UPDF) bashyigikiye ingabo za DRC...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rwasohotse kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Nyakanga 2024, ruyobowe...
Visi Perezida wa Zambia, Mutale Nalumango yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza ko bizaramira ubuzima bw’abantu benshi mu bice bitandukanye...