Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime, Nick Cannon, yagaragaje ko kudahuza kwe na Mariah Carey bigeze kubana, byaturutse ku byiyumviro byo kudatekana uyu mugabo yakundaga kugira.
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryangi w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko mu gihe intambara hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwaje intwaro wa RSF ikomeje, abo muri iki gihugu bakwiye...
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yikomye Elon Musk, nyuma y’aho bitangajwe ko mu myaka 29 ishize uyu muherwe yakoreye muri iki gihugu ishoramari mu buryo butemewe n’amategeko.