skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Urukiko rwategetse ko Bishop Harerimana akomeza gukurikiranwa adafunzwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Ubujurire bw’Ubushinjacyaha mu rubanza ruregwamo Umushumba w’Itorerero Zeraphat Holy Church, Bishop Harerimana Jean Bosco, nta shingiro bufite, rutegeka...
21 November 2024 Yasuwe: 624 0

Nyaruguru: Barindwi batawe muri yombi bakekwaho kwambura abasengera i Kibeho

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yataye muri yombi abantu barindwi bakurikiranyweho ubujura bunyuranye burimo kwambura telefone n’amasakoshi abaje gusengera i Kibeho ku Butaka...
21 November 2024 Yasuwe: 1035 0

ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Netanyahu n’uwari minisitiri w’ingabo wa Israel

Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri...
21 November 2024 Yasuwe: 306 0

Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya

Abayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro.
21 November 2024 Yasuwe: 917 0

John Prescott inshuti y’akadasohoka ya Tony Blair yatabarutse ku myaka 86

John Prescott ni umunyapolitiki w’Umwongereza yavutse tariki 31 Gicurasi 1938, yabaye Visi Minisitiri w’u Bwongereza kuva mu 1997 kugeza mu 2007 muri guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe Tony...
21 November 2024 Yasuwe: 309 0

Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ukraine yarashe mu Burusiya ibisasu bya misile byakozwe n’u Bwongereza byo mu bwoko bwa Storm Shadow.
21 November 2024 Yasuwe: 1236 0

Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yafashe icyemezo cyo gukumira umudepite Sarah Elizabeth McBride mu bwiherero bw’abagore.
21 November 2024 Yasuwe: 947 0

Ingabo z’u Rwanda zatsinze iza Tanzania mu mukino wa gicuti

Ikipe y’ingabo z’u Rwanda binyuze muri Diviziyo ya 5 ibarizwa mu Ntara y’Iburasirazuba, yatsinze ingabo za Tanzania zibarizwa muri Brigade ya 202 ihana imbibi n’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino...
21 November 2024 Yasuwe: 372 0

SADC yamaganye FARDC na M23, yongera igihe ingabo zayo zizamara muri RDC

Umuryango wa SADC ku wa Kane wafashe icyemezo cyo kongera mu gihe cy’umwaka ubutumwa bwa gisirikare ingabo zawo zirimo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
21 November 2024 Yasuwe: 954 0

Amerika yatangaje ko uwatsinzwe amatora muri Venezuela ari we ifata nka Perezida

Bwa mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Edmundo Gonzalez watsinzwe na Nicolas Maduro mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ari we ifata nka Perezida watowe.
21 November 2024 Yasuwe: 452 0