Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa Kane ushize mu ijambo rye ryerekeye amatora yo ku itariki 5 Ugushyingo 2024, yemeye ko Donald Trump yatsinze kandi ko azakora...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yongereye amafaranga ahabwa amakipe yitabira CAF Champions League mu Bagore, ku kigero cya 52%.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi yayifasha gukomeza guhangana n’u Burusiya, mbere y’uko Donald Trump ajya ku butegetsi.
Ihuriro riri ku butegetsi mu Budage ryasenyutse nyuma y’uko Chancellor Olaf Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi akavuga ko azahamagaza amatora yo kugaragaza niba guverinoma ye ikizewe mu...
Sosiyete y’indege, Ethiopian Airlines yakiriye indege yayo ya mbere yo mu bwoko bwa A350-1000 ikorwa na Airbus mu Bufaransa, iba sosiyete ya mbere y’indege muri Afurika iciye ako gahigo.