skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Biden yemeye intsinzi ya Trump yemera kuzatanga ubutegetsi mu mahoro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa Kane ushize mu ijambo rye ryerekeye amatora yo ku itariki 5 Ugushyingo 2024, yemeye ko Donald Trump yatsinze kandi ko azakora...
8 November 2024 Yasuwe: 103 0

CAF yongereye amafaranga ahabwa amakipe yagiye muri Champions League y’Abagore ku kigero cya 52%

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yongereye amafaranga ahabwa amakipe yitabira CAF Champions League mu Bagore, ku kigero cya 52%.
8 November 2024 Yasuwe: 191 0

Umwaka wa 2024 ushobora guca agahigo ko kuba uwa mbere ushyushye

Ikigo gishinzwe Serivisi z’ikirere mu Burayi yagaragaje ko umwaka wa 2024 byanze bikunze uzaba umwaka ushyushye cyane, aho ubushyuhe bw’isi busanzwe biteganyijwe ko buziyongeraho dogere Celsius...
8 November 2024 Yasuwe: 117 0

Menya uko wakwigobotora agahinda

Mu bihe ufite agahinda, hari abashobora kukugira inama yo kutagaragaza uko wiyumva mu gihe abandi bakubwira ko ugomba kuririra umuhisi n’umugenzi.
7 November 2024 Yasuwe: 772 0

Perezida Biden ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi mbere y’uko Trump amusimbura

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi yayifasha gukomeza guhangana n’u Burusiya, mbere y’uko Donald Trump ajya ku butegetsi.
7 November 2024 Yasuwe: 654 0

U Budage: Ihuriro riri ku butegetsi ryasenyutse nyuma y’aho Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi

Ihuriro riri ku butegetsi mu Budage ryasenyutse nyuma y’uko Chancellor Olaf Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi akavuga ko azahamagaza amatora yo kugaragaza niba guverinoma ye ikizewe mu...
7 November 2024 Yasuwe: 550 0

The Ben yandikiye Urukiko asabira imbabazi Fatakumavuta

Mugisha Ben wamamaye nka The Ben mu muziki, yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta.
7 November 2024 Yasuwe: 570 0

Ethiopian Airlines yabaye sosiyete ya mbere y’indege itunze A350-1000 muri Afurika

Sosiyete y’indege, Ethiopian Airlines yakiriye indege yayo ya mbere yo mu bwoko bwa A350-1000 ikorwa na Airbus mu Bufaransa, iba sosiyete ya mbere y’indege muri Afurika iciye ako gahigo.
7 November 2024 Yasuwe: 643 0

Kevin Kade yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Uganda

Kevin Kade n’itsinda ry’abamuherekeje mu bitaramo ategerejwemo muri Uganda, basuye Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu agirana ibiganiro na ACP Ismael Baguma, Police Attaché muri Ambasade y’u Rwanda.
7 November 2024 Yasuwe: 491 0

Cameroun: Paul Biya yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi

Perezida wa Cameroun, Paul Biya kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ugushyingo yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi.
7 November 2024 Yasuwe: 340 0