Ubushinjacyaha bwa Mozambique bwatangaje ko bwinjiye mu iperereza ku kirego cyatanzwe n’ishyaka Podemos ritavuga rumwe na Leta, ryagaragaje ko amatora aherutse yabayemo uburiganya.
Perezida Bola Tinubu yatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria, Lt. Gen. Taoreed Abiodun Lagbaja wagize uruhare mu kurwanya umutwe w’intagondwa z’Abayisilamu za Boko...
Abo mu ishyaka ry’aba-democrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Kamala Harris wiyamamarije umwanya w’Umukuru w’Igihugu, bashimiye Donald Trump watsindiye kuba Perezida wa 47 w’icyo gihugu.
Impunzi nshya zirimo kugera mu Rwanda, cyane cyane Abanyekongo, biravugwa ko zigowe kubona amazu yo gucumbikamo mu nkambi ya Mahama. Ubuyobozi buri kubaka amazu mashya arenga 500 mu rwego rwo...
Itsinda ry’abapolisi bo mu Karere ka Muhanga, Kamonyi, Ruhango n’iryo mu Mujyi wa Kigali ririmo gukora Operasiyo mu birombe by’ubucukuzi by’amabuye y’agaciro muri utwo turere, rimaze guta muri...
Umunyapolitiki Donald wo mu ishyaka ry’aba Républicain yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutsinda Kamala Harris bari bahatanye mu matora.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ntawakishimira ibihe bibi Kiyovu Sports nk’ikipe y’amateka iri kunyuramo nubwo we ari umukunzi wa Mukura...