Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 29 Ugushyingo 2024, Pastor Robert Kayanja yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda rirangajwe imbere na...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Aluchoto Burundi mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru yatangaje ko mu mfungwa zahawe imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye abagera kuri 35 % nibo bonyine bamaze...
Igihugu cya Tchad ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo cyatangaje ko cyashyize iherezo ku masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare cyari kimaze igihe gifitanye n’u Bufaransa.
Mu gihe habura amasaha make ngo umukino wa mbere w’umunsi wa 11 shampiyona mu mupira w’amaguru (RPL) ukinwe, intero ubu ni umukino uzahuza APR na As Kigali ndetse n’uzahuza Rayon Sports na Vision FC.
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yategetse ko ibisasu karahabutaka bya missile zizwi nka Satan 2 bitegurwa, kugira ngo bibe byakoreshwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine.
Mu gihugu cya Uganda, abafana ba Manchester United bakoze igikorwa cy’isengesho cyo gushyigikira umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim. Aba bafana, bari bambaye imyenda ya Manchester...