skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Umwe mu bagore barenga 400 bagaragaye biha akabyizi na Baltasar yamureze

Cristel Nchama uri mu bagore babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga biha akabyizi na Baltasar Engonga wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza ku...
11 November 2024 Yasuwe: 2363 0

Ukraine yagabye ibitero karahabutaka bya drones ku Burusiya

Ukraine mu mpera z’icyumweru gishize yagabye ibitero bya za drone ku Burusiya, biba ibitero binini kurusha ibindi bibayeho kuva intambara y’ibihugu byombi itangiye.
11 November 2024 Yasuwe: 1116 0

Chelsea na Arsenal zaguye miswi, zikomeza gukubana muri Premier League

Ikipe ya Chelsea na Arsenal zanganyije igitego 1-1 mu mukino wari witezweho ko hagira itsinda ikaba yajya imbere y’indi ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
11 November 2024 Yasuwe: 262 0

Abapolisi bakuru barimo CP Basabose na ACP Twahirwa bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Polisi y’u Rwanda kuri iki cyumweru yatangaje ko abapolisi 154 barimo barindwi bo ku rwego rwa ba Komiseri bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru.
11 November 2024 Yasuwe: 921 0

Abasirikare benshi ba Tchad biciwe mu mirwano na Boko Haram

Nibura Abasirikare 15 ba Tchad baguye mu mirwano yabahuje na Boko Haram kuwa Gatandatu.
11 November 2024 Yasuwe: 392 0

Abatalibani bagaragaje ko biteguye kubana neza na Donald Trump

Leta ya Afghanistan iyoborwa n’Abatalibani yatangaje ko yiteguye kubana neza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’ubutegetsi bwa Donald Trump.
11 November 2024 Yasuwe: 480 0

Amakipe azitabira CECAFA U-17 yaburiwe ku bijyanye no kubeshya imyaka

Umuyobozi w’Amarushanwa muri CECAFA, Yusuf Mossi, yateguje amakipe azitabira irushanwa ry’abatarengeje imyaka 17 kuzapimwa bikomeye harebwa niba batarabeshye imyaka.
10 November 2024 Yasuwe: 267 0

Ross Kana, Rumaga na Mbonyi mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend

Nk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
10 November 2024 Yasuwe: 308 0

APR FC yabonye Chairman mushya

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard.
10 November 2024 Yasuwe: 1139 0

Anne Mbonimpa wari umukozi wa Ferwafa yitabye Imana

Anne Mbonimpa wari umukozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu bijyanye no guteza imbere umupira w’amaguru w’Abagore, yitabye Imana.
10 November 2024 Yasuwe: 1560 0