skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga

Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
29 November 2024 Yasuwe: 233 0

Pastor Robert Kayanja ari mu Rwanda

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 29 Ugushyingo 2024, Pastor Robert Kayanja yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda rirangajwe imbere na...
29 November 2024 Yasuwe: 979 0

Perezida Faye yasabye ingabo z’u Bufaransa kumuvira mu gihugu

Perezida Bassirou Diomadaye Faye wa Sénégal, yasabye ingabo z’u Bufaransa zimaze igihe ziba mu gihugu cye kuhava zigasubira iwabo
29 November 2024 Yasuwe: 1060 0

Burundi:65% by’imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Ndayishimiye ziracyari mu buroko mu buryo budasobanutse

Umuyobozi w’Ishyirahamwe Aluchoto Burundi mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru yatangaje ko mu mfungwa zahawe imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye abagera kuri 35 % nibo bonyine bamaze...
29 November 2024 Yasuwe: 256 0

Uganda: Polisi itangaza ko 113 aribo baburiye mu nkangu

Polisi ya Uganda ivuga ko abantu 113 baburiwe irengero, naho abandi 24 bamenyekanye ko bapfuye nyuma y’inkangu yabereye mu burasirazuba bwa Uganda.
29 November 2024 Yasuwe: 318 0

Tchad yasheshe amasezerano ya gisirikare yari ifitanye n’u Bufaransa

Igihugu cya Tchad ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo cyatangaje ko cyashyize iherezo ku masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare cyari kimaze igihe gifitanye n’u Bufaransa.
29 November 2024 Yasuwe: 398 0

AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona

Mu gihe habura amasaha make ngo umukino wa mbere w’umunsi wa 11 shampiyona mu mupira w’amaguru (RPL) ukinwe, intero ubu ni umukino uzahuza APR na As Kigali ndetse n’uzahuza Rayon Sports na Vision FC.
28 November 2024 Yasuwe: 1009 0

Putin yategetse ko za Satan 2 zitegurwa

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yategetse ko ibisasu karahabutaka bya missile zizwi nka Satan 2 bitegurwa, kugira ngo bibe byakoreshwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine.
28 November 2024 Yasuwe: 2171 0

Umuhire Rebecca yasezeranye

Umuhire Rebecca, wamenyekanye cyane nk’umunyamakuru ndetse akaba n’umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Masengesho Kadudu.
28 November 2024 Yasuwe: 1120 0

Abafana ba Manchester United bahuriye hamwe basengera umutoza mushya

Mu gihugu cya Uganda, abafana ba Manchester United bakoze igikorwa cy’isengesho cyo gushyigikira umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim. Aba bafana, bari bambaye imyenda ya Manchester...
28 November 2024 Yasuwe: 405 0