skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Israel iravuga ko yivuganye Komanda wa Hezbollah i Beirut

Israel iravuga ko yishe Komanda mukuru muri Hezbollah nyuma yo kugaba igitero ku nkengero z’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Liban.
31 July 2024 Yasuwe: 467 0

Libya: Abimukira basaga 350 bakomoka muri Nigeria na Mali basubijwe iwabo

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Nyakanga, Libya yasubije mu bihugu byabo abimukira 369, baturuka muri Nigeria no muri Mali barimo abagore barenga ijana n’abana...
31 July 2024 Yasuwe: 158 0

AS Kigali yatangiye imyitozo itarimo Sugira.

Ni imyitozo yatangiye mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 30 Nyakanga 2024, yagara gayemo bamwe mu bakinnyi bayo basanzwe bafite amasezerano ndetse n’abashya. Mbere yo gutangira, hagaragayemo...
31 July 2024 Yasuwe: 305 0

Mali: Intagondwa Zahitanye Abacanshuro 50 b’ Umutwe wa Wagner

Umutwe w’intagondwa ukorana na al Qaeda, watangaje ko wishe abacancuro b’Abarusiya 50 n’abasilikare ba Mali 10, mu gitero bagabye mu ntara ya Kidal mu majyaruguru ya Mali hafi y’umupaka...
31 July 2024 Yasuwe: 237 0

Uganda: Havumbuwe uduhanga tw’abantu 17 aho basengeraga

Polisi yo muri Uganda kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2024 yatangaje ko havumbuwe igisanduku gipfundikiye, cyari kirimo uduhanga tw’abantu 17 mu gace abantu bajyaga gusengeramo. Aya makuru...
30 July 2024 Yasuwe: 742 0

Cameron: Urubyiruko ruzwi nka Gen- Z rwateguje ubutegetsi ko bashobora kwigaragambya

Urubyiruko rwo mu gihugu cya Kameroni ruvuga ko rufite impungenge ko amatora ateganyijwe umwaka utaha azibwa. Benshi muri bo bavuga ko bakomeje kwiyandikisha kugirango bazatore mu buryo...
30 July 2024 Yasuwe: 290 0

Rayon Sports WFC na Kawempe Muslim Ladies yo muri Uganda nti bazakina kuri Rayon Day.

Umukino wa gicuti wa gombaga guhuza Rayon Sports y’abagore na Kawempe Muslim Ladies yatwaye shampiyona ya Uganda ntabwo ugikinwe kuri Rayon Sports Day nk’uko byari biteganyijwe. Amakuru atugeraho...
30 July 2024 Yasuwe: 408 0

Burundi: Perezida Ndayishimiye Yasasiwe Ibitenge i Bujumbura Bitangaza Benshi

Mu Burundi abaturage bakomeje kwibaza urwego Umuyobozi w’ igihugu Evaliste Ndayishimiye agezeho rutuma abagore basasa ibitenge agatambuka nk’uko byagenze ku mwana w’ Imana Yesu Kristu ubwo...
30 July 2024 Yasuwe: 1420 0

Bujumbura: Abaturage Baranenga Igikorwa cyo Gufungirwa Amazu y’ Ubucuruzi ngo Bajye Kwakira Neva

Mu mujyi wa Bujumbura bategetswe abaturage barinubira kuba bategetswe gufunga amazu y’ ubucuruzi bakajya kwakira umukuru w’igihugu.
30 July 2024 Yasuwe: 539 0

Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ryashimiye Green Party yegukanye imyanya ibiri mu Nteko

Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ku Mugabane wa Afurika, La Federation des Verts Africains –FEVA, ryashimiye ishyaka Democratic Green Party of Rwanda kubw’intsinzi yegukanye mu matora...
30 July 2024 Yasuwe: 289 0
0 | ... | 2660 | 2670 | 2680 | 2690 | 2700 | 2710 | 2720 | 2730 | 2740 | ... | 2840