Kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Nyakanga, Libya yasubije mu bihugu byabo abimukira 369, baturuka muri Nigeria no muri Mali barimo abagore barenga ijana n’abana...
Ni imyitozo yatangiye mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 30 Nyakanga 2024, yagara gayemo bamwe mu bakinnyi bayo basanzwe bafite amasezerano ndetse n’abashya. Mbere yo gutangira, hagaragayemo...
Umutwe w’intagondwa ukorana na al Qaeda, watangaje ko wishe abacancuro b’Abarusiya 50 n’abasilikare ba Mali 10, mu gitero bagabye mu ntara ya Kidal mu majyaruguru ya Mali hafi y’umupaka...
Polisi yo muri Uganda kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2024 yatangaje ko havumbuwe igisanduku gipfundikiye, cyari kirimo uduhanga tw’abantu 17 mu gace abantu bajyaga gusengeramo.
Aya makuru...
Urubyiruko rwo mu gihugu cya Kameroni ruvuga ko rufite impungenge ko amatora ateganyijwe umwaka utaha azibwa. Benshi muri bo bavuga ko bakomeje kwiyandikisha kugirango bazatore mu buryo...
Umukino wa gicuti wa gombaga guhuza Rayon Sports y’abagore na Kawempe Muslim Ladies yatwaye shampiyona ya Uganda ntabwo ugikinwe kuri Rayon Sports Day nk’uko byari biteganyijwe.
Amakuru atugeraho...
Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ku Mugabane wa Afurika, La Federation des Verts Africains –FEVA, ryashimiye ishyaka Democratic Green Party of Rwanda kubw’intsinzi yegukanye mu matora...