Manchester United yemeje ko Ruud van Nistelrooy yavuye muri iyi kipe nyuma y’uko nta nshingano yahawe mu bazakorana n’Umutoza mushya w’Umunya-Portugal, Rúben Amorim.
Irushanwa CIMEGOLF 2024 ryateguwe n’Uruganda Nyarwanda rukora Sima ‘CIMERWA’ ku bufatanye n’abandi bafatanyabikorwa, rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
Mugani Désiré wamamaye nka Big Fizzo cyangwa Farious mu muziki w’i Burundi na Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, kuri ubu ari mu myiteguro yo kumurika album ye ya gatanu yise ‘777’.
Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu.
Christopher uri mu bahanzi bamaze igihe bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri gahunda zirimo iyo kurangiza imwe...
Ubuyobozi bushinzwe siporo mu mashuri abanza n’ay’isumbuye bwerekanye amahirwe ari mu mikino itandukanye bugaragaza ko kuri ubu gukina bitagifatwa nko kwishimisha, ahubwo ari umwuga nk’iyindi kandi...
Umuririmbyi w’Umunyamerika, Machine Gun Kelly n’umukunzi we, Megan Fox uzwi muri Sinema yambitse impeta mu myaka yashize, bagiye kwibaruka umwana wabo wa mbere.