skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Tuzajya kuzisura tureba ko zujuje ibisabwa - Dr Uwicyeza avuga ku gufungura insengero zafunzwe

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere RGB, Dr Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko nubwo hari insengero zafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa ubu bivugwa ko zabyujuje, bizafata umwanya wo kuzisura no...
30 November 2024 Yasuwe: 1161 0

Abasirikare b’u Burundi banze kurwana na M23 basabiwe igihano gisumba icyo bari barakatiwe

Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cy’u Burundi bwasabiye abasirikare 272 banze kurwana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igifungo cya burundu.
30 November 2024 Yasuwe: 964 0

Umugaba wungirije w’Ingabo za Kenya yagaragaje ko ingabo ze zititeguye gupfira Abanye-Congo

Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo za Kenya, Lt Gen John Omenda, yatangaje ko nta Munyakenya wakwemera gupfira abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe na bo ubwabo...
30 November 2024 Yasuwe: 1184 0

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahaye icyubahiro abishwe muri jenoside

Abofisiye mu ngabo z’u Rwanda n’iza Uganda bahaye icyubahiro abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
30 November 2024 Yasuwe: 298 0

M23 yitandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na RDC, yiyemeza gusanga FARDC mu birindiro byayo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, wongeye gushimangira ko utarebwa n’amasezerano y’agahenge u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye, wiyemeza...
30 November 2024 Yasuwe: 1960 0

Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse

Polisi y’Igihugu yemeje ko umwana w’umukobwa wo mu karere ka Nyabihu witwa Mpano Becky Belle Patient wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yamaze kuboneka.
30 November 2024 Yasuwe: 3062 0

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo y’abasirikare 502 bayo

Ukraine kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yashyikirijwe n’u Burusiya imirambo 502 biciwe mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
30 November 2024 Yasuwe: 964 0

RDC yarunze inyeshyamba za FLN ya Rusesabagina hafi y’umupaka w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze igihe yararunze inyeshyamba zo mu mutwe wa FLN hafi y’umupaka w’u Rwanda; ibyo igaragaza nk’imwe mu mpamvu zerekana...
30 November 2024 Yasuwe: 1758 0

Lionel Messi ku rutonde rw’abahataniye ibihembo by’umwaka bya FIFA

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi, ari mu bakinnyi 11 bari ku rutonde rw’abazavamo uhabwa igihembo cy’uwitwaye neza kurusha abandi mu mwaka wa 2024, mu bihembo...
29 November 2024 Yasuwe: 516 0

Putin yatabarije Trump

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatabarije Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko umutekano we utizewe akurikije uburyo yahushijwe kabiri mu gihe cyo kwiyamamaza.
29 November 2024 Yasuwe: 2670 0