skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ruud van Nistelrooy yavuye muri Manchester United

Manchester United yemeje ko Ruud van Nistelrooy yavuye muri iyi kipe nyuma y’uko nta nshingano yahawe mu bazakorana n’Umutoza mushya w’Umunya-Portugal, Rúben Amorim.
12 November 2024 Yasuwe: 804 0

Irushanwa rya ’CIMEGOLF 2024’ rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu

Irushanwa CIMEGOLF 2024 ryateguwe n’Uruganda Nyarwanda rukora Sima ‘CIMERWA’ ku bufatanye n’abandi bafatanyabikorwa, rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
12 November 2024 Yasuwe: 177 0

Big Fizzo ari mu myiteguro yo gusohora album ye ya gatanu

Mugani Désiré wamamaye nka Big Fizzo cyangwa Farious mu muziki w’i Burundi na Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, kuri ubu ari mu myiteguro yo kumurika album ye ya gatanu yise ‘777’.
12 November 2024 Yasuwe: 258 0

Guverinoma y’u Bwongereza yasabwe gusubizaho gahunda yayo n’u Rwanda ku bimukira

Chris Philp ushinzwe gukurikirana ibirebana n’umutekano w’imbere mu Bwongereza mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs yasabye Guverinoma y’iki gihugu iyobowe n’ishyaka ry’abakozi gusubizaho gahunda yo...
12 November 2024 Yasuwe: 1027 0

Lesego Chombo wabaye Nyampinga wa Botswana yagizwe Minisitiri

Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu.
12 November 2024 Yasuwe: 587 0

Christopher ari muri Amerika mu mishinga irimo uwo kurangiza album ye

Christopher uri mu bahanzi bamaze igihe bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri gahunda zirimo iyo kurangiza imwe...
12 November 2024 Yasuwe: 211 0

RCS yirukanye abakozi bayo 411 barimo na Komiseri

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Ugushyingo 2024,Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) rwirukanye abakozi 411.
12 November 2024 Yasuwe: 1036 0

Akarere ka Rubavu kasabwe kongera kurera impano mu mikino

Ubuyobozi bushinzwe siporo mu mashuri abanza n’ay’isumbuye bwerekanye amahirwe ari mu mikino itandukanye bugaragaza ko kuri ubu gukina bitagifatwa nko kwishimisha, ahubwo ari umwuga nk’iyindi kandi...
12 November 2024 Yasuwe: 285 0

Rulindo: Ruracyageretse hagati ya Meya w’Akarere n’uwari Gitifu nyuma y’iminsi ibiri asubijwe mu kazi

Nyuma y’iminsi ibiri Ndagijimana Froduard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo asubijwe mu kazi, akagirwa umujyanama wa Meya w’Akarere ka Rulindo yahise yandikirwa ibaruwa imwaka...
12 November 2024 Yasuwe: 990 0

Megan Fox na Machine Gun Kelly baritegura kwibaruka

Umuririmbyi w’Umunyamerika, Machine Gun Kelly n’umukunzi we, Megan Fox uzwi muri Sinema yambitse impeta mu myaka yashize, bagiye kwibaruka umwana wabo wa mbere.
12 November 2024 Yasuwe: 263 0