Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege ebyiri zitwara abagenzi zirasiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga mu murwa mukuru Port-au-Prince.
Abanyarwanda batatu bakina Taekwondo, bari hamwe n’umutoza wabo, bahagurutse i Kigali ku wa Gatatu, berekeza muri Shampiyona y’Isi ikinirwa ku ikoranabuhanga (Virtual Taekwondo World Championships)...
Guhera ku wa 21 Werurwe 2013 ni bwo Justin Welby yahawe inshingano zo kuyobora Itorero Angilikani ry’u Bwongereza, asimbuye Rowan Williams wari umaze kwegura ku nshingano ze.
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Kenya, Margaret ‘Meg’ Cushing Whitman, kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2024, yatangaje ko yeguye kuri izo nshingano, nyuma y’icyumweru Donald Trump atsinze...
Google yatangaje ko yakoze amavugurura kuri porogaramu yayo ifasha abantu gufungura imbuga za internet zitandukanye yitwa Google Chrome muri telefoni za iPhone, ihabwa imikorere ihura n’isanzwe...