skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amerika yahagaritse ingendo zerekeza muri Haiti iminsi 30

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege ebyiri zitwara abagenzi zirasiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga mu murwa mukuru Port-au-Prince.
14 November 2024 Yasuwe: 192 0

Abanyarwanda batatu bitabiriye Shampiyona y’Isi ya Taekwondo ikinirwa ku ikoranabuhanga

Abanyarwanda batatu bakina Taekwondo, bari hamwe n’umutoza wabo, bahagurutse i Kigali ku wa Gatatu, berekeza muri Shampiyona y’Isi ikinirwa ku ikoranabuhanga (Virtual Taekwondo World Championships)...
14 November 2024 Yasuwe: 126 0

Trump yagennye umunyamakuru nk’ugomba kuba Minisitiri w’Ingabo

Perezida watowe muri Amerika, Donald Trump, yagennye Pete Hegseth nk’ugomba kuzaba Minisitiri w’Ingabo, umwe mu myanya ikomeye muri Amerika, abantu bacika ururongogoro kuko bitari bisanzwe ko...
14 November 2024 Yasuwe: 269 0

Urusobe rw’ibyaranze imyaka 11 y’ubuyobozi bwa Musenyeri Justin Welby wa Anglikani

Guhera ku wa 21 Werurwe 2013 ni bwo Justin Welby yahawe inshingano zo kuyobora Itorero Angilikani ry’u Bwongereza, asimbuye Rowan Williams wari umaze kwegura ku nshingano ze.
13 November 2024 Yasuwe: 502 0

Ambasaderi wa Amerika muri Kenya yeguye

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Kenya, Margaret ‘Meg’ Cushing Whitman, kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2024, yatangaje ko yeguye kuri izo nshingano, nyuma y’icyumweru Donald Trump atsinze...
13 November 2024 Yasuwe: 470 0

Google yakoze amavugurura muri ’Google Chrome’ ya iPhone

Google yatangaje ko yakoze amavugurura kuri porogaramu yayo ifasha abantu gufungura imbuga za internet zitandukanye yitwa Google Chrome muri telefoni za iPhone, ihabwa imikorere ihura n’isanzwe...
13 November 2024 Yasuwe: 270 0

Ruhango: Barakekwaho kwiba umugore bagasiga bamusambanyije ku gahato

Polisi mu Karere ka Ruhango, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwiba umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato. Aba basore bakekwaho umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato...
13 November 2024 Yasuwe: 869 0

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo gusabira ubutabera Erixon Kabera warashwe na polisi

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo mu mahoro rugamije gusabira ubutabera Erixon Kabera uherutse kwitaba Imana nyuma yo kuraswa na polisi muri icyo gihugu.
13 November 2024 Yasuwe: 782 0

Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, bwagejeje imbere y’ Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye y’ umukozi ushinzwe ubuhinzi muri umwe mu mirenge...
13 November 2024 Yasuwe: 652 0

Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gutunga intwaro

Polisi ya Malawi yataye muri yombi impunzi ebyiri zirimo iy’Umunyarwanda ndetse n’Umurundi ikurikiranyeho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
13 November 2024 Yasuwe: 1308 0