Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire...
Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bibazo by’ingendo nyuma yo gusubikirwa urugendo rwayo rwo kujya gukina na Al Hilal muri Mauritania mu mikino ya CAF...
Umutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi twa za...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi bufite umugambi wo guhungabanya u Rwanda, Leta yarwo izakomeza kurinda umutekano...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024, hateganyijwe umukino w’amateka hagati y’abakeba bo mu rw’imisozi igihumbi, uhuza Rayon Sports na APR FC kuri Stade Amahoro i Remera guhera Saa Kumi...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda bizamuhuza, Paul Kagame w’u Rwanda na João Lourenço wa Angola...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko icyuho kiri hagati y’ibyo u Rwanda rutumiza hanze n’ibyo rwoherezayo, cyazamutseho 11,8% mu Ukwakira 2024 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2023.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko raporo z’Igihugu cye zigaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bashobora kuba batera inkunga ibikorwa...