skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

APR WBBC yahawe itike yo kwitabira ’Africa Women Basketball League’

APR WBBC yatahanye umwanya wa gatatu mu mikino y’Akarere ka Gatanu (Zone V) yabereye muri Zanzibar, yahawe itike yo kuzitabira imikino Nyafurika ya ‘Africa Women Basketball League’, mu gihe hari...
18 November 2024 Yasuwe: 170 0

Namufatanye n’umusore baryamanye - Intambara hagati ya Captain Regis na Micky bakundanaga

Intambara y’amagambo yavutse hagati y’abakinnyi ba filime Captain Regis na Micky bari bamaze iminsi bagaragaza ko bakundana ndetse ku mbuga nkoranyambaga bafatwa nka bamwe mu bakundana bya nyabyo.
18 November 2024 Yasuwe: 1163 0

Amb. Bazivamo yateye Amavubi akanyabugabo

Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria, Bazivamo Christophe, yavuze ko Amavubi afite icyizere cyo gutsinda Nigeria mu mukino w’ishiraniro, nubwo umukino ubera mu mujyi udatuwemo n’Abanyarwanda.
18 November 2024 Yasuwe: 989 0

Mike Tyson yahombeje Drake asaga miliyoni 400Frw yari yamutegeye

Umuraperi w’icyamamare Aubrey Drake Graham (Drake), yahombye Amadorali 335,000 (asaga miliyoni 400 Frw) nyuma y’uko yari yayategeye Mike Tyson gutsinda ku mukino w’iteramakofi wamuhuje na Jake Paul.
18 November 2024 Yasuwe: 478 0

Amerika yemereye Ukraine kurasa ku Burusiya ikoresheje missile sirasa kure yayihaye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo zemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje za missile zirasa kure zayihaye.
18 November 2024 Yasuwe: 673 0

Umugore wa Perezida wa Brésil yatutse Elon Musk igitutsi nyandagazi

Umugore wa Perezida wa Brésil, Janja Lula da Silva, yatukiye mu ruhame umuherwe Elon Musk ubwo yari ari kugeza ijambo ku bitabiriye inama ishamikiye kuri G20 igihugu cye kizakira mu minsi mike.
18 November 2024 Yasuwe: 1051 0

The Ben yahishuye impamvu yafashe icyemezo cyo gutorokera muri Amerika

The Ben yasabye imbabazi Abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu 2010.
18 November 2024 Yasuwe: 1338 0

Riderman na Bull Dogg bongeye gukumbuza abantu ‘Icyumba cya Hip Hop’

Abaraperi Riderman na Bull Dogg bari bategerejwe na benshi mu gitaramo "Keep It 100 Experience" cyatewe inkunga n’uruganda rwa Skol binyuze mu cyikonyobwa Skol Malt, bongeye gukumbuza abakunzi...
17 November 2024 Yasuwe: 363 0

Mu gitaramo cya Hip Hop, Fireman yunamiye abaraperi bitabye Imana

Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman wari mu baraperi 11 bataramiye abitabiriye igitaramo "Keep It 100 Experience" cyabereye muri Kigali Universe, yagisoje yunamira abaraperi bose bitabye...
17 November 2024 Yasuwe: 277 0

Tanzania: Inyubako yagwiriye abantu yica batanu abandi basaga 40 barakomereka

Muri Tanzania, abantu batanu (5) bapfuye abandi basaga 40 barakomereka nyuma y’uko inyubako y’umuturirwa ibagwiriye mu gace k’ubucuruzi ka Kariakoo mu Murwa wa Dar es Salaam.
17 November 2024 Yasuwe: 476 0