skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana

Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire...
8 December 2024 Yasuwe: 1193 0

Perezida Ibrahim Traoré yirukanye Minisitiri w’Intebe ndetse anasesa guverinoma

Muri Burkina Faso, ubuyobozi bwa gisirikare buyobowe na Perezida Ibrahim Traoré bwasohoye itangazo ku wa Gatanu, ritangaza iyirukanwa rya Minisitiri w’Intebe w’agateganyo, Apollinaire Joachim...
8 December 2024 Yasuwe: 455 0

Amnesty International yemeje ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza

Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu ku Isi, Amnesty International, ryatangaje ko Israel iri gukora Jenoside mu Ntara ya Gaza.
7 December 2024 Yasuwe: 623 0

TP Mazembe yasohowe mu ndege

Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bibazo by’ingendo nyuma yo gusubikirwa urugendo rwayo rwo kujya gukina na Al Hilal muri Mauritania mu mikino ya CAF...
7 December 2024 Yasuwe: 2936 0

FARDC n’abarimo FDLR bakajije ibitero kuri M23

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi twa za...
7 December 2024 Yasuwe: 1505 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yashimangiye ko u Rwanda ruzakomeza kurinda abaturage ikibi cyava ku muturanyi

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi bufite umugambi wo guhungabanya u Rwanda, Leta yarwo izakomeza kurinda umutekano...
7 December 2024 Yasuwe: 310 0

Rayon Sports vs APR FC: Amakuru avugwa mu makipe yombi mbere y’umukino

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024, hateganyijwe umukino w’amateka hagati y’abakeba bo mu rw’imisozi igihumbi, uhuza Rayon Sports na APR FC kuri Stade Amahoro i Remera guhera Saa Kumi...
7 December 2024 Yasuwe: 856 0

Tshisekedi yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda mu gihe acyinangira ku kuganira na M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda bizamuhuza, Paul Kagame w’u Rwanda na João Lourenço wa Angola...
7 December 2024 Yasuwe: 410 0

Icyuho cy’ibyo u Rwanda rwohereza hanze n’ibyo rutumizayo cyazamutseho 11% mu Ukwakira 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko icyuho kiri hagati y’ibyo u Rwanda rutumiza hanze n’ibyo rwoherezayo, cyazamutseho 11,8% mu Ukwakira 2024 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2023.
7 December 2024 Yasuwe: 169 0

U Burusiya bwashinje Amerika gutera inkunga iterabwoba muri Syria

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko raporo z’Igihugu cye zigaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bashobora kuba batera inkunga ibikorwa...
6 December 2024 Yasuwe: 666 0