Myugariro Buregeya Prince uheruka gutandukana na APR FC, yerekeje mu Ikipe ya Al-Nasiriya izwi nka Sons of Sumer yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq asinya amasezerano y’umwaka...
Ku itariki ya 5 Kanama 2024, igitero cya roketi cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’abanyamerika Ain al-Assad mu burengerazuba bwa Irak, ahakambitse ingabo z’Abanyamerika ndetse n’abakozi ba Amerika...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko: nta musirikare cyangwa ibikoresho bisigaye ku birindiro byayo muri Agadez mu gihugu cya Niger. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza...
Amerika ikomeje kugaragaza ko idashaka Intambara hagati ya Israel na Iran binyuze ku kumvikanisha impande zombi. Ni nyuma y’umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’ibi...
Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter Okoye uzwi nka Mr P, yavuze ko uyu muvandimwe we yashatse kumugambanira na mukuru wabo (Jude Okoye) ku...