Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo babarizwa mu ishyaka rya People Power riri ku butegetsi batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’aho atangarije ibihe bidasanzwe,...
Perezida wa Syria, Bashar Assad n’umuryango birakekwa ko bari i Moscow, aho bahawe ubuhungiro n’u Burusiya, nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na Tahrir al-Sham (HTS).
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umufana wa Rayon Sports wagaragaye ku mukino wayihuje na APR FC yambitswe amapingu, yaziraga kwanga guhaguruka mu myanya y’abafite ubumuga muri Stade Amahoro.
Anna Kane wahoze ari umugore wa Evander Kane wamamaye mu mukino wa NHL, yabaye uwa mbere wigaragaje mu ruhererekane rw’abari baratanze ibirego bashinja P.Diddy kubahohotera ntibagaragaze amazina yabo.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yagaragaje amahirwe u Rwanda rwiteze mu nganda zubakwa kuko bizongera umusaruro w’ibikorerwa imbere mu Gihugu.
Perezida Bashar al Assad yahunze umurwa mukuru, Damascus, mu ndege yerekeje ahantu hatazwi, nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri b’Ingabo za Syria kuri iki Cyumweru bavugana n’Ibiro...