skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Bushinwa: Imodoka yiraye mu baturage hanze y’ikigo cy’ishuri, hakomereka benshi

Imodoka yiraye mu baturage irabagonga, abaturage benshi biganjemo ababyeyi n’abana bari bazanye ku ishuri barakomereka bikomeye. Byabereye hanze y’ikigo cy’ishuri ribanza mu majyepfo y’Intara ya...
19 November 2024 Yasuwe: 478 0

Ukoresha TikTok yakatiwe gufungwa hafi imyaka itatu kubera gutuka Perezida Museveni

Urukiko rwa Entebbe muri Uganda rwakatiye Emmanuel Nabugodi igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi umunani kubera gutuka Perezida Yoweri Kaguta Museveni abinyujije mu mashusho yashyize ku rubuga rwa TikTok.
19 November 2024 Yasuwe: 549 0

Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC

Itsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziteraniye i Kigali , aho ziri kwigira hamwe uko hashyirwaho amabwiriza agenga ikoreshwa ry’ibinyabutabire...
19 November 2024 Yasuwe: 318 0

Perezida Maduro yikomye Amerika, avuga ko yasaze

Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro yamaganiye kure umwanzuro Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse gufata, wo kwemererwa Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro yahawe.
19 November 2024 Yasuwe: 743 0

Abanyarwanda barya imboga n’imbuto kenshi baracyari bake

Raporo y’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara zitandura mu Rwanda mu Kigo Gishinzwe Ubuzima (RBC), yakozwe hagati y’umwaka wa 2021 kugeza 2022, yagaragaje ko imibare y’Abanyarwanda barya imboga...
19 November 2024 Yasuwe: 383 0

Hagaragajwe ko Israel yasenye ikigo cy’ubushakashatsi mu bya nucléaire cya Iran

Mu bitero byo kwihimura Israel iherutse kugaba muri Iran, yasenye ibikorwaremezo bitandukanye birimo n’ikigo cy’ubushakashatsi mu bijyanye na nucléaire, n’ubwo hari hagaragajwe impungenge z’uburyo...
19 November 2024 Yasuwe: 869 0

Amavubi atsinze Nigeria, abura itike ya CAN

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" itsindiye Nigeria iwayo ibitego 2-1, ariko ntiyabasha kubona amahirwe yo gusubira mu gikombe cya Afurika
18 November 2024 Yasuwe: 919 0

Gabon: 91,8% batoye guhindura Itegeko Nshinga

Muri Gabon, abaturage bitabiriye amatora ya Referendum ku guhindura itegeko nshinga batoye ‘Yego’ ku kigero cya 91.8% bemeza ko batoye itegeko rishya ryanditswe ku butegetsi bwa gisirikare...
18 November 2024 Yasuwe: 421 0

Bidasubirwaho EU yemeye guha RDF inkunga ya $20

Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), kuri uyu wa Mbere kashyigikiye burundu inkunga ya miliyoni 20 z’amadorali ya Amerika ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu...
18 November 2024 Yasuwe: 558 0

Urukiko rwategetse ko abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa bakomeza gufungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Nasagambe Fred na Gatare Gedeon Junior bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa, bakomeza gufungwa by’agateganyo kuko hagikorwa...
18 November 2024 Yasuwe: 935 0