skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Jay-Z yashinjwe gufatanya na Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13

Jay-Z yagaragaye mu kirego gishinja Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13, aho ashinjwa gufatanya n’uyu muraperi mugenzi we iki cyaha cyakozwe mu myaka irenga 20 ishize.
9 December 2024 Yasuwe: 525 0

Koreya y’Epfo: Abadepite batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo babarizwa mu ishyaka rya People Power riri ku butegetsi batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’aho atangarije ibihe bidasanzwe,...
9 December 2024 Yasuwe: 310 0

Perezida Assad wa Syria ashobora kuba yahungiye mu Burusiya

Perezida wa Syria, Bashar Assad n’umuryango birakekwa ko bari i Moscow, aho bahawe ubuhungiro n’u Burusiya, nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na Tahrir al-Sham (HTS).
9 December 2024 Yasuwe: 434 0

Yatawe muri yombi kubera kwanga guhaguruka mu mwanya w’abafite ubumuga

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umufana wa Rayon Sports wagaragaye ku mukino wayihuje na APR FC yambitswe amapingu, yaziraga kwanga guhaguruka mu myanya y’abafite ubumuga muri Stade Amahoro.
9 December 2024 Yasuwe: 1236 0

Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda iterabwoba

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwikoma u Rwanda arushinja kugira uruhare mu bitero by’iterabwoba avuga ko bigabwa ku gihugu cye.
9 December 2024 Yasuwe: 677 0

Bamwe mu bashinja Diddy bari barahishe imyirondoro batangiye kwigaragaza

Anna Kane wahoze ari umugore wa Evander Kane wamamaye mu mukino wa NHL, yabaye uwa mbere wigaragaje mu ruhererekane rw’abari baratanze ibirego bashinja P.Diddy kubahohotera ntibagaragaze amazina yabo.
8 December 2024 Yasuwe: 720 0

Syria: Inyeshyamba zafashe undi mujyi ukomeye, zihiga gukuraho ubutegetsi bwa Assad

Inyeshyamba zihanganye n’Ingabo za Syria, zafashe umujyi wa Hama mu rugendo ruziganisha mu majyepfo aho zishaka gukuraho ubutegetsi bwa Perezida Bashir al-Assad.
8 December 2024 Yasuwe: 522 0

Inganda zubakwa mu Rwanda zizongera umusaruro w’ibikorerwa imbere mu Gihugu

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yagaragaje amahirwe u Rwanda rwiteze mu nganda zubakwa kuko bizongera umusaruro w’ibikorerwa imbere mu Gihugu.
8 December 2024 Yasuwe: 323 0

Syria: Perezida Bashar Al Assad yahunze igihugu

Perezida Bashar al Assad yahunze umurwa mukuru, Damascus, mu ndege yerekeje ahantu hatazwi, nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri b’Ingabo za Syria kuri iki Cyumweru bavugana n’Ibiro...
8 December 2024 Yasuwe: 1087 0

Paris: Katederali ya Notre Dame yatwitswe n’Umunyarwanda yongeye gufungura

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 07 Ukuboza 2024, Katederali ya Notre Dame yongeye gufungura imiryango nyuma y’imyaka itanu ikongowe n’inkongi y’Umuriro yatewe n’Umunyarwanda, Emmanuel Abayisenga .
8 December 2024 Yasuwe: 1049 0