Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahisemo Robert F. Kennedy Jr ngo amubere ushinzwe Ubuzima, nyuma y’imyaka itatu Kennedy agaragaje ko adashyigikiye iby’inkingo za Covid-19.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama, yabaye ahagaritswe by’agateganyo kuko hari ibyo akurikiranyweho.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi itsinzwe na Libya igitego kimwe ku busa mu mukino wa Gatanu mu gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika, amahirwe yo gukomeza atangira kuyoyoka
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko hagiye gusuzumwa imbogamizi zagaragajwe n’Abanyarwanda bohereza amata muri icyo gihugu, bavuga ko bacunaguzwa bacibwa imisoro myinshi, ihabanye n’amabwiriza...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Rwinkwavu,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ugushyingo 2024, umugabo wagerageje gutera Urukiko rw’Ikirenga rwa Brazil mu murwa mukuru Brasilia, yaba yishwe n’ibisasu bye.