skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Sudani: Nibura abantu 73 bapfuye urupfu rw’amayobera mu mujyi wagoswe na RSF

Nibura abantu 73 bapfuye mu buryo bw’amayobera mu Mujyi wa al-Hilaliya wo muri Sudani, wagoswe n’ingabo za Rapid Support Forces, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’Abaganga bo muri Sudani.
8 November 2024 Yasuwe: 390 0

Israel yohereje indege zo gutabara abafana babo basagariwe mu Buholandi

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza indege ebyiri za gisirikare zo gucyura abenigihugu babo basagariwe mu mujyi wa Amsterdam, ubwo bari bagiye gukurikirana umukino wa Europa...
8 November 2024 Yasuwe: 981 0

Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yafunzwe azira amashusho ye y’urukozasoni

Polisi ya Uganda yafunze Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye nka Gloria Bugie ukorera umuziki muri iki gihugu; biturutse ku mashusho ye aheruka kujya hanze, ariko ahita arekurwa atanze ingwate.
8 November 2024 Yasuwe: 1042 0

M23 yashinje Leta ya RDC kurenga ku gahenge

Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yashinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku gahenge kagombaga gutangira...
8 November 2024 Yasuwe: 501 0

Huye: Umusore w’imyaka 19 aravugwaho kwica umugabo yasanze mu buriri bwa nyina

Kuwa Gatatu, itariki ya 06 Ugushyingo 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umuhungu w’imyaka 19 ukekwaho gukubita isuka...
8 November 2024 Yasuwe: 746 0

Israel: Minisitiri w’Ingabo mushya yijeje gutsinda abanzi bose n’intambara Igihugu kirimo

Muri Israel, Minisitiri w’ingabo mushya, Israel Katz yizeje ko azatsinda abanzi b’Igihugu cye kandi akagera ku ntego z’intambara kirimo zo kurwanya imitwe ya Hamas na Hezbollah.
8 November 2024 Yasuwe: 312 0

Perezida w’u Budage yatangaje ko yiteguye gusesa Inteko

Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yatangaje ko yiteguye gusesa umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihe Guverinoma ya Chancelier Olaf Scholz yatakarizwa icyizere.
8 November 2024 Yasuwe: 156 0

U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yongeye kohereza imfashanyo ingana na toni 19 zirimo ibyo kurya by’abana, imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu rwego rwo gufasha abaturage bugarijwe n’intambara...
8 November 2024 Yasuwe: 184 0

Dosiye ya Salongo yahinduye isura hiyongeramo ibyaha 2

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Rurangirwa Wilson wamamaye nka Salongo.
8 November 2024 Yasuwe: 619 0

Australia: Itegeko rikumira abana ku mbuga nkoranyambaga ntirivugwaho rumwe

Guverinoma y’igihugu cya Australia yatangaje ko igiye gutangiza itegeko ridasanzwe ribuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zinyuranye. Mu cyumweru gitaha nibwo...
8 November 2024 Yasuwe: 92 0