Irushanwa ryo kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rwibohoye ikipe ya Police WVC mu bagore na Kepler VC mu bagabo nizo ze gukanye ibikombe.
Ni imikino yatangiye Ku wa Gatanu tariki 26 Nyakanga...
Komisiyo y’Amatora muri Venezuela yatangaje ko Nicolas Maduro uyobora iki gihugu kuva mu 2013 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 51,2%, ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo zabiteye...
Umutwe witwaje intwaro wa CSP-PSD uvuga ko uharanira amahoro, umutekano n’iterambere muri Mali wigambye ko wishe abasirikare n’abacancuro benshi b’umutwe wa Wagner mu mirwano yamaze iminsi...
Donald Trump yongeye kwibutsa abanyamerika n’abatuye isi, ko mu gihe Harris Kamala yaba atorewe kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, intambara ya gatatu y’isi yahita...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi wabaye ku Cyumweru i Saint-Pétersbourg, ku munsi ngarukamwaka wahariwe ingabo zo mu mazi z’Uburusiya....
Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yatangaje amagambo akomeye ateguza gutera Israel mu rwego rwo gufasha abanya-Palestine.
Ibinyamakuru byo muri Israel byasubiyemo amagambo ya Erdogan...