Nibura abantu 73 bapfuye mu buryo bw’amayobera mu Mujyi wa al-Hilaliya wo muri Sudani, wagoswe n’ingabo za Rapid Support Forces, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’Abaganga bo muri Sudani.
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza indege ebyiri za gisirikare zo gucyura abenigihugu babo basagariwe mu mujyi wa Amsterdam, ubwo bari bagiye gukurikirana umukino wa Europa...
Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yashinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku gahenge kagombaga gutangira...
Muri Israel, Minisitiri w’ingabo mushya, Israel Katz yizeje ko azatsinda abanzi b’Igihugu cye kandi akagera ku ntego z’intambara kirimo zo kurwanya imitwe ya Hamas na Hezbollah.
Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yatangaje ko yiteguye gusesa umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihe Guverinoma ya Chancelier Olaf Scholz yatakarizwa icyizere.