skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

DJ Cuppy yahuye na Ambasaderi Johnston Busingye

Florence Ifeoluwa Otedola wamamaye nka DJ Cuppy uri mu bavanga imiziki bafite izina rikomeye muri Nigeria ndetse no ku Isi muri rusange, yagaragaje ibyishimo nyuma yo gusura Ambasade y’u Rwanda mu...
27 November 2024 Yasuwe: 358 0

Bwiza yakiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique

Bwiza uri muri Mozambique mu biruhuko, kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2024 yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Mozambique anagirana ibiganiro na Amb. Col. (Rtd) Donat Ndamage.
27 November 2024 Yasuwe: 709 0

Harmonize yishongoye kuri Diamond wangiwe guhatana muri Grammy Awards

Harmonize yagaragaje ko Diamond Platnumz bamaze igihe batajya imbizi, atari umuhanzi uri ku rwego rwo kujya muri Grammy Awards yasabye guhatanamo uyu mwaka ntibimuhire.
27 November 2024 Yasuwe: 427 0

Agahenge hagati ya Israel na Hezbollah katangiye kubahirizwa

Guhagarika imirwano hagati ya Israel n’umutwe w’abarwanyi bo muri Libani wa Hezbollah byatangiye gukurikizwa ku mugaragaro guhera saa kumi za mugitondo (0200 GMT) ku isaha yaho.
27 November 2024 Yasuwe: 310 0

FDNB yateye utwatsi ibivugwa na RED-Tabara ko yishe Ingabo zayo zirimo colonel

Mu itangazo yanyujije kuri X, Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi yavuze ko ibivugwa n’umutwe wa RED-Tabara “nta ukwiye kubiha agaciro”, yongeraho ko igisirikare cy’u Burundi “vuba kirabereka...
27 November 2024 Yasuwe: 219 0

Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United

Umuhanzi Ed Sheeran, yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim nyuma y’uko amurogoye bigatuma ikiganiro yagiranaga n’itangazamakuru gihagarara.
26 November 2024 Yasuwe: 698 0

Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi njyana yatumye ahindura imitekerereze ndetse n’ubuzima. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram,...
26 November 2024 Yasuwe: 278 0

Misiri: Imirambo 3 muri 17 niyo imaze kuboneka nyuma y’irohama ry’ubwato

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 26 Ugushyingo 2024, imibiri itatu yarohowe nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo bwarohamye mu nyanja Itukura mu Misiri.
26 November 2024 Yasuwe: 284 0

Koreya y’Epfo: Yakatiwe igifungo cy’umwaka usubitse azira kubyibuha ngo atajya mu gisirikare

Umusore w’imyaka 26 wo muri Koreya y’Epfo yakatiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitswe mu gihe cy’imyaka ibiri, kubera ko yagize umubyibuho ukabije agamije gushaka impamvu yatuma adakora...
26 November 2024 Yasuwe: 358 0

Uganda: Element EléeeH agiye gutaramira muri ‘Comedy store’ ya Alex Muhangi

Element EléeeH umaze iminsi muri Uganda aho yakoreye igitaramo mu kabari kitwa ‘Nomad’ mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2024, yamaze gutumirwa mu gitaramo cy’urwenya cyitwa ‘Comedy...
26 November 2024 Yasuwe: 224 0