skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

FARDC yongeye kwigarurira ahantu 7 hacukurwa amabuye y’agaciro muri Djugu

Ku wa Kabiri, itariki ya 29 Ukwakira 2024, igisirikare cyavuze ko byibuze imidugudu irindwi yari yigaruriwe n’imitwe yitwaje intwaro yitwa Zaire na CODECO mu karere gacukurwamo amabuye y’agaciro...
30 October 2024 Yasuwe: 1570 0

Igisirikare cya Amerika cyaguze ibikoresho by’indege ku mafaranga akubye inshuro 80 ibiciro bisanzwe

Umugenzuzi Mukuru mu biro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe igisirikare, Robert P. Storch, yagaragaje ko igisirikare kirwanira mu kirere cyaguze ibikoresho byo mu ndege z’ubwikorezi za...
30 October 2024 Yasuwe: 780 0

Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kandi nta ruhushya...
30 October 2024 Yasuwe: 2182 0

Sudani: Amerika yamaganye ibitero bya RSF byibasira abasivili

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaganye ibitero byibasira abasivili by’ingabo za Rapid Support Forces...
30 October 2024 Yasuwe: 127 0

General David Bugozi Musuguri wayoboye urugamba rwahiritse ku butegetsi Idi Amin yapfuye

Gen (Rtd) David Musuguri wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, yapfuye kuri uyu wa Kabiri afite imyaka 104 y’amavuko.
30 October 2024 Yasuwe: 535 0

Koreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine

Koreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine niba ingabo za Koreya ya Ruguru ziyemeje gushyigikira u Burusiya. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru yageze...
30 October 2024 Yasuwe: 221 0

Karongi: Abakozi b’Umurenge wa Murundi basezereye rimwe

Abakozi hafi ya bose b’Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi basezeye ku mirimo yabo, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo Murenge Ntakirutimana Gaspard ndetse n’ab’Utugari 3 muri 6 tuwugize.
30 October 2024 Yasuwe: 910 0

Ibitaro bya Muhima byongeye kuvugwamo serivisi mbi, nabyo byikoma ibya Nyarugenge

Ibitaro bya Muhima byongeye kunengwa serivisi bitanga nabyo bihita bigaragaza noneho impamvu birimo gutanga serivisi icumbagira n’impamvu ibitera.
30 October 2024 Yasuwe: 377 0

Israel yatoye itegeko rihagarika imfashanyo ku mpunzi zo muri Palestine

Inteko Ishinga Amategeko ya Israel kuwa Mbere tariki ya 28 Ukwakira 2024 yatoye amategeko abiri ahagarika imfashanyo y’Ishami rya Loni ryita ku Mpunzi muri Palestine (UNRWA) yagenerwaga iziri ku...
29 October 2024 Yasuwe: 348 0

Amafoto y’icyogajuru arerekana iby’ibitero bya Israel kuri Iran

Amashusho y’icyogajuru yasesenguwe na BBC Verify arerekana ibyaba byarangiritse ku bigo bimwe bya gisirikare bya Iran mu bitero byo mu kirere bya Israel byo ku wa gatandatu.
29 October 2024 Yasuwe: 1400 0