Mu rwego rw’Ukwezi kwahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, gufite insanganyamatsiko igira iti ‘Twite ku buzima bwo mu mutwe aho dukorera’, bamwe mu bashinzwe kwita ku buzima bwo mu mutwe mu Karere...
Hari abavuga ko iyo bagiye guhaha inyama bagasanga nta nyama z’umwijima zihari, bahita bazihorera kuko ngo nta zindi zibaryohera nk’inyama z’umwijima, uretse ko hari n’abavuga ko bumva zibamerera...
Arabie Saoudite yiyemeje gushora imari muri ruhago binyuze mu makipe akomeye, ishobora kongeraho indi kipe yo mu Bwongereza nyuma yo kutabona umusaruro uhagije yifuzaga muri Newcastle United.
RIB, yamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda.
Abarimo Minisitiri w’Intebe wungirije wa Lesotho n’abandi bayobozi bo mu nzego z’ibanze bari mu rugendo shuri mu Karere ka Bugesera, aho bari kwiga uko inzego z’ibanze zikorana n’abafatanyabikorwa...
Shakira Isabel Mebarak Ripoll wamamaye mu muziki nka Shakira, yatangaje ko kongera gukora umuziki byamufashije gukira ibikomere yatewe no gutandukana na Gerard Piqué.