skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kinshasa: Umunyapolitiki yafunzwe azira kwamagana umugambi wo kuvugurura Itegeko Nshinga

Umunyapolitiki Delly Sesanga, washinze ishyaka Envol ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatawe muri yombi n’abapolisi ubwo yatangiraga imyigaragambyo yo...
14 November 2024 Yasuwe: 361 0

Kayonza: Abayobozi b’ishuri batawe muri yombi bakekwaho guha abanyeshuri ikigage cyateye urupfu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Rwinkwavu,...
14 November 2024 Yasuwe: 1205 0

U Burusiya bwakomoreye Afurika amadeni ya miliyari 20$

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya akaba n’Intumwa Yihariye ya Perezida Vladimir Putin mu Burasirazuba bwo Hagati no muri Afurika, Mikhail Bogdanov, yatangaje ko igihugu cye...
14 November 2024 Yasuwe: 805 0

Brazil: Umuntu umwe yapfuye nyuma y’ibitero ku Rukiko rw’Ikirenga

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ugushyingo 2024, umugabo wagerageje gutera Urukiko rw’Ikirenga rwa Brazil mu murwa mukuru Brasilia, yaba yishwe n’ibisasu bye.
14 November 2024 Yasuwe: 280 0

Aba-Republicains bahigitse Aba-Democrates mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Amerika

Ishyaka ry’Aba-Republicains ni ryo ryegukanye imyanya myinshi mu mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko ya America rihigitse iry’Aba-Democrates, byongerera imbaraga Donald Trump uherutse gutorerwa...
14 November 2024 Yasuwe: 479 0

Boris Johnson yavuze ko u Bwongereza bushobora kohereza ingabo muri Ukraine

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yavuze ko u Bwongereza butagomba kureka ngo Ukraine itsindwe intambara ihanganyemo n’ u Burusiya, avuga ko binashoboka ko bwakoherezayo...
14 November 2024 Yasuwe: 483 0

M23 yashyizeho abayobozi muri Bunagana no mu bindi bice by’ingenzi igenzura

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko yashyizeho ubuyobozi bwo mu rwego rwa politiki mu bice by’ingenzi bitandukanye ugenzura.
14 November 2024 Yasuwe: 854 0

Abapolisi 34 basoje amahugurwa y’ubuyobozi n’ubunyamwuga

Abapolisi 34 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bato, basoje amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi n’ubushobozi mu bijyanye n’imiyoborere y’igipolisi cy’umwuga.
14 November 2024 Yasuwe: 366 0

Amerika yahagaritse ingendo zerekeza muri Haiti iminsi 30

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege ebyiri zitwara abagenzi zirasiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga mu murwa mukuru Port-au-Prince.
14 November 2024 Yasuwe: 198 0

Abanyarwanda batatu bitabiriye Shampiyona y’Isi ya Taekwondo ikinirwa ku ikoranabuhanga

Abanyarwanda batatu bakina Taekwondo, bari hamwe n’umutoza wabo, bahagurutse i Kigali ku wa Gatatu, berekeza muri Shampiyona y’Isi ikinirwa ku ikoranabuhanga (Virtual Taekwondo World Championships)...
14 November 2024 Yasuwe: 127 0