Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Rwinkwavu,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ugushyingo 2024, umugabo wagerageje gutera Urukiko rw’Ikirenga rwa Brazil mu murwa mukuru Brasilia, yaba yishwe n’ibisasu bye.
Ishyaka ry’Aba-Republicains ni ryo ryegukanye imyanya myinshi mu mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko ya America rihigitse iry’Aba-Democrates, byongerera imbaraga Donald Trump uherutse gutorerwa...
Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yavuze ko u Bwongereza butagomba kureka ngo Ukraine itsindwe intambara ihanganyemo n’ u Burusiya, avuga ko binashoboka ko bwakoherezayo...
Abapolisi 34 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bato, basoje amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi n’ubushobozi mu bijyanye n’imiyoborere y’igipolisi cy’umwuga.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege ebyiri zitwara abagenzi zirasiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga mu murwa mukuru Port-au-Prince.
Abanyarwanda batatu bakina Taekwondo, bari hamwe n’umutoza wabo, bahagurutse i Kigali ku wa Gatatu, berekeza muri Shampiyona y’Isi ikinirwa ku ikoranabuhanga (Virtual Taekwondo World Championships)...