Umutungo wa Elon Musk usanzwe ari umunyemari wa mbere ku Isi, wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe gusa, nyuma y’uko agaciro k’imigabane y’uruganda rwa Tesla kiyongereyeho 22%.
Ntibikunze kubaho ko Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yifashisha umukinnyi wo mu Cyiciro cya Kabiri ariko kuri iyi nshuro umunyezamu wa Etoile de L’Est, Habineza Fils ni umwe mu bakinnyi 26 bahamagariwe...
Iran ishobora gutangira gukora indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoi Su-30 na Sukhoi Su-35 ziri mu zikomeye ku Isi, zikaba ari indege z’Igisirikare cy’u Burusiya.
Umuryango utabara imbabare wa Croix-Rouge muri Tanzania, watangaje ko mu nkambi z’impunzi z’Abarundi za Nduta na Nyarugusu, ubwandu bwa Sida bukomeje kwiyongera.
Bamwe mu bamotari bo mu mujyi wa Musanze, bavuga ko babangamirwa mu kazi kabo n’insoresore zibategera mu nkengero z’umujyi zibata ku munigo, zikabambura utwabo harimo za moto.
Aba bamotari...