Umuhanzikazi w’Umunyamerika, akaba n’umukinnyi wa Filimi, Halle bailey; yagaragaje ko atishimiye kubona umwana we mu kiganiro cyatambutse imbonankubone kuri Televiziyo, ubwo yari kumwe n’umugabo we...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje ko amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, azatangazwa ku wa Gatanu...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali...
Umunyarwenya Anne Kansiime wo muri Uganda na Mammito wo muri Kenya bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night, gitegerejwe ku wa 9 Ugushyingo 2024.
Nibura abantu 73 bapfuye mu buryo bw’amayobera mu Mujyi wa al-Hilaliya wo muri Sudani, wagoswe n’ingabo za Rapid Support Forces, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’Abaganga bo muri Sudani.
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyamaze kohereza indege ebyiri za gisirikare zo gucyura abenigihugu babo basagariwe mu mujyi wa Amsterdam, ubwo bari bagiye gukurikirana umukino wa Europa...
Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yashinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku gahenge kagombaga gutangira...