Minisitiri w’Ingabo wa Amerika, Lloyd Austin, yavuze ko biteguye gufasha Koreya y’Epfo mu gukora ibisasu bya kirimbuzi no kuyifasha kongera imyitozo ya gisirikare
Abasifuzi bo muri Maroc bayobowe na Samir Guezzaz ni bo bazayobora umukino wa nyuma w’amatsinda yo gushaka itike ya CAN 2025 u Rwanda rufitanye na Nigeria tariki ya 18 Ugushyingo 2024 kuri Godswill...
Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda agiye kugezwa mu rukiko ngo aburane ku byaha akurikiranyweho.
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane ya Somaliya yatangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Ukwakira 2024, ko yirukanye Ali Mohamed Adan, Umujyanama muri Ambasade ya Ethiopia i Mogadishu,...
Ku wa Kabiri, itariki ya 29 Ukwakira 2024, igisirikare cyavuze ko byibuze imidugudu irindwi yari yigaruriwe n’imitwe yitwaje intwaro yitwa Zaire na CODECO mu karere gacukurwamo amabuye y’agaciro...
Umugenzuzi Mukuru mu biro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe igisirikare, Robert P. Storch, yagaragaje ko igisirikare kirwanira mu kirere cyaguze ibikoresho byo mu ndege z’ubwikorezi za...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaganye ibitero byibasira abasivili by’ingabo za Rapid Support Forces...