skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Bartasar wihaye akabyizi n’abagore barenga 400 barimo na mushiki wa Perezida ’yabanduje SIDA’

Ubutabera bwo muri Guinée-Équatoriale burashinja Baltasar Ebang Engonga usanzwe ari Umuyobozi w’Urwego rushinzwe iperereza ku mikoreshereze y’imari muri Guinée-Équatoriale, kwanduza SIDA abagore...
5 November 2024 Yasuwe: 1871 0

Burundi: Umugore bivugwa ko amaze imyaka 30 apfuye yabonetse mu buryo bw’amayobera arafungwa

Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku cyumweru Tariki ya 3 rishyira kuwa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024 , abaturage bari barinze intoryi zo mu mirima yabo kugira ngo zitibwa, batabaje inzego z’ibanze...
5 November 2024 Yasuwe: 966 0

Nyamasheke: Abatuye mu isantere ya Mugonero bagiye kwimurwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwongeye gushimangira ko abatuye mu isantere ya Mugonero yo mu Murenge wa Mahembe bagomba kwimurwa kuko aho batuye ari mu gishanga.
5 November 2024 Yasuwe: 476 0

Boeing yemeye kongera imishahara y’abakozi, nabo bahagarika imyigaragambyo

Abakozi barenga ibihumbi 30 ba Boeing bemeye guhagarika imyigaragambyo no gusubira mu kazi nyuma y’uko iki kigo cyemeye kongera 38% ku mushahara wabo mu myaka ine iri imbere, ndetse bakazahabwa...
5 November 2024 Yasuwe: 153 0

Neymar yongeye gukura umutima abafana kubera imvune

Umunya-Brésil, Neymar Santos Júnior yongeye kugira imvune nyuma y’uko akizi indi yari imaze umwaka, ariko amara impungenge abakinnyi ko noneho bidakomeye cyane.
5 November 2024 Yasuwe: 216 0

Lionel Messi yateye utwatsi ibyo kuba umutoza igihe azaba ahagaritse ruhago

Rutahizamu w’Ikipe y’Iguhugu ya Argentine, Lionel Messi, yahakanye ibyo kuba yaba umutoza igihe azaba arangije gukina umupira w’amaguru, gusa ntiyakwerura ngo avuge icyo azakora.
1 November 2024 Yasuwe: 364 0

Young Thug yakatiwe imyaka 15 isubitse ahabwa amabwiriza akakaye

Umuraperi w’icyamamare w’umunyamerika, Young Thug, warumaze imyaka 2 n’igice muri gereza aburana ku byaha birimo ibiyobyabwenge n’imbunda, urukiko rwamaze kumukatira imyaka 15 isubitse ndetse...
1 November 2024 Yasuwe: 485 0

Element yaciye agahigo ko gukorera indirimbo Diamond na Zuchu

Mugisha Robinson wamenye mu gutunganya indirimbo no kuririmba nka Element, yaciye agahigo ko gukora amajwi y’indirimbo ya Naseeb Abdul Juma Issack [Diamond Platnumz] ndetse n’indirimbo ya Zuhura...
1 November 2024 Yasuwe: 654 0

Visi Perezida mushya wa Kenya yarahiye

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2024 yakiriye indahiro ya Visi Perezida mushya, Prof Abraham Kindiki Kithure.
1 November 2024 Yasuwe: 511 0

Espagne: Yatangiye icyunamo cy’iminsi itatu mu guha icyubahiro abahitanwe n’umwuzure

Umwuzure wibasiye Espagne ugahitana ubuzima bw’abantu 158 abandi bakaburirwa irengero, watumye iki gihugu gishyiraho icyunamo cy’iminsi itatu mu rwego rwo guha icyubahiro abahasize ubuzima.
1 November 2024 Yasuwe: 349 0