Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye.
Thalia Graves uheruka kujyana Diddy mu rukiko rwa New York, amushinja we n’uwahoze amurindira umutekano witwa Joseph Sherman, kumukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina; yatahuweho guhimba...
Abadepite batoye itegeko ryemeza ko u Rwanda ruba kimwe mu bihugu bihuriye kuri sitati y’Ihuriro rya Hague ku mategeko mbonezamubano mpuzamahanga yemerejwe i Hague mu Buholandi (HCCH), ndetse mu...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu...