skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Urubyiruko rurenga miliyoni 1.4 rwasabye kujya mu gisirikare cya Koreya ya Ruguru

Guverinoma ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko urubyiruko rurenga miliyoni 1.4 rwasabye kwinjira cyangwa gusubira mu gisirikare, ngo ruzashobore gutabara igihugu mu gihe intambara ibashyamiranya na...
17 October 2024 Yasuwe: 631 0

U Buholandi bugiye kohereza muri Uganda abimukira bimwe ubuhungiro

Guverinoma y’u Buholandi yatangaje ko iri guteganya gutangira kohereza muri Uganda impunzi n’abimukira baturuka muri Afurika bazajya bimwa ubuhungiro.
17 October 2024 Yasuwe: 414 0

Impamvu utagomba kurya uri kureba filime

Abantu bennshi muri iyi minsi by’umwihariko urubyiruko, usanga baramaze kugirwa imbata n’ibikorsho by’ikoranabuhanga birimo telefone, televiziyo ndetse na mudasobwa, aho usanga umuntu ashobora...
17 October 2024 Yasuwe: 939 0

Israel Mbonyi yaciye agahigo ko gukurikirwa cyane kuri Youtube

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yaciye agahigo ko kuba umuhanzi nyarwanda wa mbere ukurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Youtube. Ni umwanya agezeho...
17 October 2024 Yasuwe: 794 0

Nigeria: Abantu 147 bishwe n’inkongi yatewe n’ikamyo itwaye lisansi

Inkongi y’umuriro yatewe n’impanuka y’ikamyo yari itwaye lisansi yahitanye abantu 147 ikomeretsa abarenga 50 mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria muri Leta ya Jigawa.
17 October 2024 Yasuwe: 300 0

Umukobwa wa R.Kelly yahishuye ko ‘gusambanywa na se’ byari bigiye gutuma yiyahura

Buku Abi, umukobwa w’umuhanzi R.Kelly ubu uri mu buroko nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata abagore n’abakobwa ku ngufu, yahishuye ko se umubyara mu bwana bwe yamusambanyije ndetse bikamusigira...
17 October 2024 Yasuwe: 1039 0

Oda Paccy yahishuye ko hari uwashatse kumuroga n’andi mabanga yo mu muziki

Yasuwe : Yavuzweho: Abinyujije kuri shene ye ya Youtube, Oda Paccy yatangiye gushyira hanze amabanga akomeye y’ibyo yagiye ahura nabyo mu rugendo rw’imyaka hafi 15 amaze akora umuziki.
17 October 2024 Yasuwe: 577 0

Menya ‘Androphobia’ indwara itera abagore gutinya igitsina gabo

Androphobia ni indwara itera ubwoba bukabije butuma umukobwa cyangwa umugore atinya igitsina gabo, yabona cyangwa yatekereza igitsina gabo umutima ugasimbuka.
17 October 2024 Yasuwe: 766 0

Bukuru Christophe yasinyiye AS Kigali

Bukuru Christophe wanyuze mu makipe menshi mu Rwanda, yasinye amasezerano y’umwaka muri AS Kigali.
17 October 2024 Yasuwe: 373 0

Elon Musk yatanze miliyoni 75$ mu bikorwa byo kwiyamamaza bya Trump

Umunyemari Elon Musk yatangaje ko yatanze miliyoni 75$ yo gufasha Donald Trump, umukandida w’ishyaka ry’Aba-Repubulicains mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu...
17 October 2024 Yasuwe: 253 0