Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyishe abayobozi bakuru batandatu bo mu mutwe witwaje intwaro wa Hezbollah ubwo cyagabaga ibitero simusiga mu Murwa Mukuru wa Liban, Beirut.
Mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko X yahoze ari twitter hagaragaye impaka zagarukaga ku bafana ba Rayon Sports bafannye Pyramids yo mu Misiri yakinaga na APR FC mu mukino...
Ingingo yo gutakaza akarangabusugi ku bakobwa ivugisha benshi bitewe n’imico n’imyumvire y’abatuye mu gihugu runaka, ku buryo hari abibwira ko umukobwa bazamutegera ku kuva amaraso akimara gukora...
Umutoza w’Umuholandi utoza ikipe ya Manchester United , akomeje gushyirwaho igitutu n’abafana bayo kubera kubura intsinzi , mu mukino Man United ifitanye na CryStal Paliace kuri uyu wa gatandatu...
Abashakashatsi mu by’imirire n’ubuzima, bagaragaza ko igihe umuntu afatira ifunguro ari ingenzi ku buzima bwe, gukererwa kujya muri iki gikorwa bikaba byatera ibyago. Batanga inama ko nibura...
Umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, Nshimiyimana Marc Govin yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, ngo yisobanure ku birego aregwa.