Annie Knight, umukobwa w’imyaka 26 wo muri Australia yiyemeje guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 muri uyu mwaka nyuma y’abagabo 480 amaze kuryamana mu mezi icumi ashize.
Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2024 , yasabye imbabazi perezida William Ruto anamusaba amahirwe ya nyuma yo gukorera aba Kenya .
Police FC yatsinze Muhazi United ibona amanita atatu mu mukino w’umunsi wa 4 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25, ihita iyobora urutonde rwagateganyo rwa...
Umutoza wa FC Barselona Hansi Flick yagize icyo avuga ku mukinnyi w’umunya-Brasil Raphinha, ukomeje kwitwara neza yemeza ko ari kumuha byose mu gihe byari byarane ku ngoma ya Xavi.