skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Dore ingaruka zo gukoresha ibinyobwa byongera imbaraga bizwi nka ‘Energy Drinks’

Hari abanywa ibinyobwa bivugwa ko byongera ingufu cyangwa se byongera imbaraga, ariko hari ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko ibyo binyobwa bizwi nka ‘energy drinks’ bigirira nabi ubuzima...
19 October 2024 Yasuwe: 3241 0

Menya bimwe mu biribwa byangiza igifu n’uko wakwitwara igihe wakirwaye

Inzobere mu by’indwara z’imbere mu mubiri zigira abantu inama yo kwirinda kurya ibiribwa bimwe na bimwe kuko byangiza igifu igihe byafashwe ku rugero rwo hejuru. Dr Hanna Aberra inzobere mu...
19 October 2024 Yasuwe: 2392 0

Israel Mbonyi yateguje ikindi gitaramo gikomeye

Nk’uko bimaze kumenyerwa mu mpera z’umwaka, Israel Mbonyi uri mu bahanzi bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba, yaciye amarenga yo gutegura ikindi gitaramo gikomeye gishobora kuzaba ku...
18 October 2024 Yasuwe: 462 0

Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, (Meteo Rwanda), cyateguje ko hagati ya tariki 17 na 21 Ukwakira 2024 hazagwa imvura nyinshi mu bice bitandukanye by’Igihugu.
18 October 2024 Yasuwe: 1624 0

Somalia: Abantu barindwi baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Muri Somalia, abantu barindwi (7), bapfuye bazize igisasu cyaturikijwe n’umwiyahuzi muri ‘Café’ iherereye mu Murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu.
18 October 2024 Yasuwe: 277 0

Nyagatare: Umucamanza, umushinjacyaha n’abagenzacyaha mu bakurikiranweho ruswa

Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwatangiye kuburanisha urubanza rurengwamo abakozi 5 bakora mu nzego z’ubutabera bakurikiranyweho icyaha cya Ruswa. Muri...
18 October 2024 Yasuwe: 1027 0

Rulindo: Diregiteri uvuga ko akomeye muri FPR,ahanganye n’umwungirije

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura...
18 October 2024 Yasuwe: 1650 0

Buregeya Prince yerekeje muri AS Kigali

Myugariro Buregeya Prince, utari ufite ikipe nyuma yo gutandukana na APR FC, yerekeje muri AS Kigali, asinya amasezerano y’umwaka umwe.
18 October 2024 Yasuwe: 487 0

Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo

Abantu bakunze kugira ububare mu ngingo cyane cyane mu mavi, mu tugombambari, no mu magufa yo mu rukenyerero, bakunze kubiterwa n’impamvu zitandukanye, harimo kugira ibiro by’umurengera, kunywa...
18 October 2024 Yasuwe: 1413 0

Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti

Umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko...
18 October 2024 Yasuwe: 1690 0