skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kemi Seba utarya indimi ku makosa y’u Bufaransa muri Afurika, yahaswe ibibazo

Umunya-Bénin Kemi Seba uzwiho kutarya indimi iyo bigeze ku makossa y’u Bufaransa ku Mugabane wa Afurika, yahaswe ibibazo n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024.
17 October 2024 Yasuwe: 240 0

Iran: Umusirikare byavugwaga ko yiciwe muri Liban yagaragaye ari muzima

Umuyobozi w’urwego rw’Ubutasi mu gisirikare cya Iran, Esmail Qaani yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi bivugwa ko yiciwe mu gitero ingabo za Israel ziherutse kugaba muri Liban.
17 October 2024 Yasuwe: 527 0

DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe

Muri Kivu y’Amajyaruguru,ku itariki ya 15 Ukwakira 2024, Sosiyete sivile yasabye Inteko Ishinga Amategeko ko igabanya ku kigero cya 50% uburyo inzego z’imirimo ya Leta zikoreshamo umutungo kugira...
17 October 2024 Yasuwe: 163 0

Burundi: Umucuruzikazi w’ibitenge yishwe n’abapolisi

Umugore witwa Belyse Nimpagaritse yapfuye mu gitondo cyo ku itariki ya 15 Ukwakira 2024 aguye mu Bitaro bya Rumonge (mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Burundi) akekwaho kugurisha ibitenge mu buryo...
17 October 2024 Yasuwe: 322 0

Assimi Goïta uyobora Mali mu nzibacyuho yihaye Ipeti rya General

Perezida w’inzibacyuho wa Mali kuva muri Gicurasi 2021, Colonel Assimi Goïta, yahawe ipeti rya Général kuri uyu wa 16 Ukwakira 2024.
17 October 2024 Yasuwe: 318 0

Amerika igiye kohereza izindi ntwaro muri Ukraine

Perezida Joe Biden yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, nyuma y’uko igihugu cye cyemeye kohereza indi nkunga ifite agaciro ka miliyoni 425$ muri Ukraine, izaba igizwe n’intwaro...
17 October 2024 Yasuwe: 161 0

Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa muri Centrafrica bambitswe imidali

Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), kuwa Kabiri itariki ya 15 Ukwakira 2024, bambitswe imidali...
17 October 2024 Yasuwe: 249 0

Bimwe mu biribwa umurwayi wa Kanseri akwiye kurya n’ibyo akwiye kwirinda

N’ubwo kugeza ubu indwara ya kanseri hataramenyekana ikiyitera abaganga bemeza ko hari ibiribwa umuntu akwiye kwirinda bikamufasha kuba atarwara iyi ndwara.
17 October 2024 Yasuwe: 442 0

Israel yamaze guhitamo aho izarasa muri Iran

Israel yamaze guhitamo ibice izarasa muri Iran mu gitero cyo kwihimura, nyuma y’uko Iran iherutse kurasa misile zirenga 180 muri Israel.
17 October 2024 Yasuwe: 268 0

Aisha avuze igitera abakobwa gukunda abasaza kurusha abahugu batarashaka

Muri iki kinyejana abantu benshi bakunze kwitotombera ko abakobwa basigaye bakundana ndetse bakanashyingiranwa n’abasaza, aho gukundana n’abasore bari mu kigero kimwe, bigatuma abasore benshi...
16 October 2024 Yasuwe: 2754 0