Umunya-Bénin Kemi Seba uzwiho kutarya indimi iyo bigeze ku makossa y’u Bufaransa ku Mugabane wa Afurika, yahaswe ibibazo n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024.
Umuyobozi w’urwego rw’Ubutasi mu gisirikare cya Iran, Esmail Qaani yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi bivugwa ko yiciwe mu gitero ingabo za Israel ziherutse kugaba muri Liban.
Perezida Joe Biden yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, nyuma y’uko igihugu cye cyemeye kohereza indi nkunga ifite agaciro ka miliyoni 425$ muri Ukraine, izaba igizwe n’intwaro...
N’ubwo kugeza ubu indwara ya kanseri hataramenyekana ikiyitera abaganga bemeza ko hari ibiribwa umuntu akwiye kwirinda bikamufasha kuba atarwara iyi ndwara.