skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina

Imibonano mpuzabitsina y’abashakanye ni igikorwa gikorwa n’abantu babairi babyumvikanye,ibyo bigatuma umuntu atekereza ku gihe cyiza cyo kubonana n’uwo mwashakanye n’igihe mudakwiye guhangara icyo...
16 October 2024 Yasuwe: 3186 0

Angola yirukanye abanye_Congo kubera Uburangare bw’ubuyobozi

Abaturage 91 baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi itatu barara rwantambi ku mupaka wa Shakufwa utandukanya iki gihugu na Angola, nyuma y’aho Leta ya Angola ifashe...
16 October 2024 Yasuwe: 2164 0

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere izasubukurwa mu mpera z’icyumweru

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere “Rwanda Premier League” rwemeje ko izasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, tariki 18-20 Ukwakira 2024, hakinwa Umunsi wayo wa Gatandatu.
16 October 2024 Yasuwe: 2132 0

Abantu 94 bahitanwe n’iturika ryikigega cya lisansi muri Nigeria

Polisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse .
16 October 2024 Yasuwe: 1695 0

Menya akamaro k’umufa mu ifunguro

Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane collagen inafasha abafite imirire mibi kuyivamo.
16 October 2024 Yasuwe: 2485 0

Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima

Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
16 October 2024 Yasuwe: 2136 0

Dore Ibihugu 10 bya Mbere ku Isi Bifite Igisirikare Gikomeye 2024

Kuri iy’isi hari ibihugu by’ibihangage bidapfa kumenyerwa bitewe nibyo bikungahayeho. Muri byo harimo kuba bifite Ingabo nyinshi, ibikoresho bya gisirikare( ibitwaro bya rutura), ndetse no mubukungu.
16 October 2024 Yasuwe: 5531 0

Kendrick Lamar uheruka i Kigali yanditse amateka muri ‘BET Hip Hop Awards 2024’

Kendrick Lamar uheruka gutaramira i Kigali mu birori bya ‘Move Afrika,’ yanditse amateka mu bihembo bya ’BET Hip Hop Awards 2024’ aho yegukanye ibigera ku munani.
16 October 2024 Yasuwe: 1898 0

Dore Inama zagufasha kubaka urukundo ruhamye

Urukundo rurakura cyangwa rugakomera mu gihe abarurimo babihaye agaciro, bagashyiramo imbaraga ndetse bagahuza umugambi mu guharanira kugera ku bintu bishya. Mu rukundo hari ibyo abantu bigomwa...
16 October 2024 Yasuwe: 2130 0

Elon Musk yemerewe umwanya muri Guverinoma ya Trump mu gihe yaba atowe

Donald Trump yatangaje ko niyongera gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azashyira umunyemari Elon Musk muri Guverinoma ye.
16 October 2024 Yasuwe: 1470 0