Kuri uyu wa Kane, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi yemeje umwanzuro wemeza ko umuntu utavuga rumwe n’ubutegetsi Edmundo Gonzalez Urrutia ari we perezida wemewe wa Venezuela, nyuma y’uko Nicolas...
Kuri uyu wa Kane Igisirikare cya Israel cyavuze ko cyagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani, kivuga kandi ko mu kwezi gushize hafashwe umuturage wa Israel...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yazamutse umwanya umwe iva ku mwanya wa 131 ijya ku mwanya wa 130 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rwasohotse kuri uyu wa Kane...
Gusohokana n’umukunzi wawe mukajya ku karubanda ni nko guhabwa itike ya VIP mu gitaramo gikomeye. Uretse n’igitaramo rero , uwo ni umukunzi w’ubuzima bwawe kandi buri wese araba abareba.
Michael Oliver yahawe kuzasifura umukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’Ubwongereza uzahuza Man City na Arsenal kuri Etihad Stadium , ibintu byatunguye abafana ba Arsenal.
Ikipe ya Inter Milan yaraye ikuyeho agahigo ka Man City ko kuba yari imaze imyaka 5 itanganyiriza ku kibuga cyayo mu mikino yamatsinda ya UEFA Champions League.
Igisirikare cya Leta ya Sudani n’icya Rapid Support Forces (RSF) bahanganye byavuze ko bifunguye imiryango ku bisubizo by’amahoro ku ntambara imaze amezi arenga 17, mu rwego rwo gusubiza Perezida...