skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abakinnyi ba Rayon Sports bari mu byishimo mbere yo gukina na Gasogi United

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwemerera abakinnyi agahimbazamusyi mbere y’uko bacakirana na Gasogi United, umukino uteganyijwe tariki 21 Nzeri 2024.
20 September 2024 Yasuwe: 1011 0

EU yemeje ko mukeba wa Maduro ari we Perezida yemera wa Venezuela

Kuri uyu wa Kane, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi yemeje umwanzuro wemeza ko umuntu utavuga rumwe n’ubutegetsi Edmundo Gonzalez Urrutia ari we perezida wemewe wa Venezuela, nyuma y’uko Nicolas...
20 September 2024 Yasuwe: 516 0

Umuturage wa Israel arakekwa mu mugambi wa Irani wo gushaka kwica Netanyahu

Kuri uyu wa Kane Igisirikare cya Israel cyavuze ko cyagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani, kivuga kandi ko mu kwezi gushize hafashwe umuturage wa Israel...
20 September 2024 Yasuwe: 920 0

U Rwanda rwazamutse ku rutonde rwa FIFA

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yazamutse umwanya umwe iva ku mwanya wa 131 ijya ku mwanya wa 130 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rwasohotse kuri uyu wa Kane...
19 September 2024 Yasuwe: 1767 0

Umuyobozi mushya w’Igipolisi cya Kenya yarahiriye imirimo ye

Kuri uyu wa Kane, Umuyobozi Mukuru mushya wa Polisi ya Kenya, Douglas Kanja, yarahiriye inshingano ze ku Rukiko rw’Ikirenga.
19 September 2024 Yasuwe: 756 0

Mbere y’uko usohokana n’umukunzi wawe , Soma iyi nkuru

Gusohokana n’umukunzi wawe mukajya ku karubanda ni nko guhabwa itike ya VIP mu gitaramo gikomeye. Uretse n’igitaramo rero , uwo ni umukunzi w’ubuzima bwawe kandi buri wese araba abareba.
19 September 2024 Yasuwe: 1467 0

Abafana ba Arsenal batunguwe n’umusifuzi wahawe umukino bazasuramo Man City

Michael Oliver yahawe kuzasifura umukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’Ubwongereza uzahuza Man City na Arsenal kuri Etihad Stadium , ibintu byatunguye abafana ba Arsenal.
19 September 2024 Yasuwe: 1104 0

Inter Milan yakuyeho agahigo kari kamaze imyaka 5 kuri Etihad Stadium

Ikipe ya Inter Milan yaraye ikuyeho agahigo ka Man City ko kuba yari imaze imyaka 5 itanganyiriza ku kibuga cyayo mu mikino yamatsinda ya UEFA Champions League.
19 September 2024 Yasuwe: 992 0

Ibintu 6 byafasha umukobwa wabuze umugabo kumubona

Umukobwa umaze kugera mu myaka mikuru abana n’ipfunwe cyane iyo atari yabona umugabo.Biragoye kubona umukobwa w’imyaka 40 kuzamura uvuga ko adakeneye umugabo cyangwa ko hari uwo adashaka ko...
19 September 2024 Yasuwe: 1395 0

Impande zihanganye muri Sudani zagaragaje ko zinyotewe amahoro

Igisirikare cya Leta ya Sudani n’icya Rapid Support Forces (RSF) bahanganye byavuze ko bifunguye imiryango ku bisubizo by’amahoro ku ntambara imaze amezi arenga 17, mu rwego rwo gusubiza Perezida...
19 September 2024 Yasuwe: 729 0