Abaturage 91 baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi itatu barara rwantambi ku mupaka wa Shakufwa utandukanya iki gihugu na Angola, nyuma y’aho Leta ya Angola ifashe...
Polisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse .
Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane collagen inafasha abafite imirire mibi kuyivamo.
Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
Kendrick Lamar uheruka gutaramira i Kigali mu birori bya ‘Move Afrika,’ yanditse amateka mu bihembo bya ’BET Hip Hop Awards 2024’ aho yegukanye ibigera ku munani.