skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa

Perezida Paul Kagame uri i Apia ho mu gihugu cya Samoa, yizihirije isabukuru y’amavuko y’imyaka 67 yizihije kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira.
23 October 2024 Yasuwe: 1195 0

Ituri: Ukuriye ingabo yagaragaje ko adashaka Abawazalendo muri Irumu

Inyeshyamba z’Abawazalendo zaturutse muri Kivu y’Amajyaruguru, zagaragaye kuva ku itariki ya 19 Ukwakira mu gace ka Mungamba gaherereye mu birometero 100 mu majyepfo ashyira uburengerazuba...
23 October 2024 Yasuwe: 746 0

DRC: Félix Tshisekedi ategerejwe i Kisangani

Perezida wa DRC kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 23 Ukwakira 2024,ategerejwe mu mujyi wa Kisangani.
23 October 2024 Yasuwe: 694 0

Drone ya FARDC yaburiye mu Minembwe yakubitishije Zakayo iz’ Akabwana, impagarara ni zose

Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa inkuru y’ibura ry’indege itagira umupolote (Drone) y’Igisirikare cya Leta FARDC ryateje impagaragara mu bahatuye...
23 October 2024 Yasuwe: 2142 0

Belarus: Lukashenko, inshuti y’akadasohoka ya Putin agiye kwiyamamariza manda ya karindwi

Tariki ya 26 Mutarama 2025, abanya Belarus bazitabira amatora aho Perezida Alexander Lukashenko azaba yiyamamariza manda ya karindwi.
23 October 2024 Yasuwe: 257 0

U Bushinwa n’u Buhinde byagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane yo ku mupaka

Guverinoma y’u Bushinwa n’iy’u Buhinde zemeje ko zagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane ashingiye ku mupaka uri mu gice cy’imisozi miremire ya Himalaya.
23 October 2024 Yasuwe: 242 0

Sinema: Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika

Umukinnyi wa film w’Umwongereza, Idris Elba yabwiye BBC ko afite gahunda yo kwimukira muri Afurika, akahamara imyaka 10 muri gahunda afite yo gushyigikira umwuga wo gukina film kuri uyu mugabane.
23 October 2024 Yasuwe: 422 0

Mutobo: Abari Abarwanyi ba FDRL barimo na Coloneri basubijwe mu buzima busanzwe

Mu kigo cya Mutobo cya Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari Abasirikare (RDRC) giherereye mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri hasezerewe ikiciro cya 72 kigizwe...
23 October 2024 Yasuwe: 724 0

M23 yisubije Kalembe nyuma y’amasaha make iyitakaje

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira, yisubije agace ka Kalembe ko muri Teritwari ya Walikale nyuma y’amasaha make ukambuwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa.
23 October 2024 Yasuwe: 1150 0

U Rwanda na Samoa byasinye amasezerano ashyiraho za ambasade

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Ukwakira 2024, u Rwanda na Samoa byasinyanye amasezerano ashyiraho za ambasade z’ibihugu byombi, hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe na...
23 October 2024 Yasuwe: 367 0