Nyuma yo kumva ko bamwe mu bahoze bayobora Rayon Sports bahuje imbaraga ngo bategure umukino wa Gasogi United, perezida w’iyi kipe Kakooza Nkuriza Charles [KNC] yavuze ko ntabwoba afite kuko hari...
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yavuze kuri kapiteni we uherutse kuvunikira mu ikipe y’Igihugu ya Norveje mu mikino ya UEFA Nations League, mbere y’uko bakina umukino wa mbere wa Champions League.
Patriots BBC yatsinze APR BBC amanota 61-49 amakipe yombi anganya intsinzi ebyiri kuri ebyiri mu mikino ya nyuma ya kamarampaka ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Basketball y’Abagabo.
U Burusiya bwatangaje ko buteganya gushinga mu Rwanda uruganda ruto rukora ingufu za nucléaire ndetse n’ikigo kizitunganya, nyuma yo kubiganiraho n’u Rwanda.
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), mu ijoro ryo ku wa Kabiri yarasiwe ku gice cya RDC giherereye hafi y’umupaka w’iki gihugu n’u Rwanda.
Umutoza wa Bayern Munich Vicent Kompany yavuze ku ikipe ye, ibyahindutse nyuma y’uko ayigezemo, ndetse asobanura uko akazi kameze muri iyi kipe ikomeye.
Harry Kane yakuyeho agahigo kari gafitwe na Wayne Rooney aba umukinnyi wa mbere w’Umwongereza utsinze ibitego byinshi muri Champions League ibitego 31.