skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amafunguro umwana akwiriye kugaburirwa nijoro

Gutegurira umwana amafunguro meza nijoro ni ingenzi mu mikurire ye no kugira ibitotsi byiza. Nyuma y’umunsi afite umunaniro aba yatewe n’ibikorwa byinshi, bityo umubiri we ukaba ukeneye kuruhuka.
10 October 2024 Yasuwe: 3708 0

Ngaya amafunguro warya akakurinda gusama mu gihe utateganyije

Uko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, bigatuma udatwita nk’uko tugiye kubirebera hamwe.
10 October 2024 Yasuwe: 3449 0

Abasore gusa: Amagambo 10 aryohera umukobwa

Mu buzima bw’urukundo n’imibanire, amagambo akora ku mutima ashobora kugira uruhare rukomeye mu gushimangira umubano hagati y’abakundana.
10 October 2024 Yasuwe: 4663 0

RDC yahawe ikizere muri Loni itorewe kuba umunyamuryango w’akanama k’uburenganzira bwa muntu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye.
10 October 2024 Yasuwe: 3067 0

REG WBBC irakoza imitwe y’intoki ku Gikombe cya Shampiyona (Amafoto)

REG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 82-66, ibona intsinzi ya gatatu mu mikino ya nyuma ya Kamarampaka za Shampiyona ya Basketball mu Bagore.
10 October 2024 Yasuwe: 2515 0

Umwe mu bashinja Diddy yatahuweho kubeshya

Thalia Graves uheruka kujyana Diddy mu rukiko rwa New York, amushinja we n’uwahoze amurindira umutekano witwa Joseph Sherman, kumukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina; yatahuweho guhimba...
10 October 2024 Yasuwe: 2288 0

Bwa mbere Jennifer Lopez yavuze ku itandukana rye na Ben Affleck

Nyuma y’amezi abiri yatse gatanya ye na Ben Affleck, umuhanzikazi Jennifer Lopez yagaragaje ko aticuza kuba ubu nta mugabo abana na we.
10 October 2024 Yasuwe: 1493 0

Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?

Ni kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo byakwangiza ku buzima bwabo cyangwa no kubo batwite.Ahanini bagira impungege ko inda ishobora kuvamo.
10 October 2024 Yasuwe: 4332 0

Niba utajya urya ibisusa umubiri wawe wahombye ibi bintu by’ingenzi

Hari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, nyamara bigira imboga nziza kandi zirimo intungamubiri kimwe n’izindi mboga rwatsi.
10 October 2024 Yasuwe: 1668 0

Abadepite batoye itegeko riha u Rwanda amahirwe yo kuzakira icyicaro cya HCCH

Abadepite batoye itegeko ryemeza ko u Rwanda ruba kimwe mu bihugu bihuriye kuri sitati y’Ihuriro rya Hague ku mategeko mbonezamubano mpuzamahanga yemerejwe i Hague mu Buholandi (HCCH), ndetse mu...
9 October 2024 Yasuwe: 4993 0