skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Basketball: APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

APR BBC yatsinze Patriots BBC amanota 73-70, yegukana Igikombe cya Shampiyona ya Basketball ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, ikaba iya 15 mu mateka.
23 September 2024 Yasuwe: 195 0

Dore impamvu hari bamwe mu bagabo bapfa bari gutera akabariro

Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo cy’imibonano mpuzabitsina we n’ uwo bashakanye cyangwa se uwo babyumvikanyeho
22 September 2024 Yasuwe: 3467 0

Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?

Ku bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo...
22 September 2024 Yasuwe: 3374 0

Iby’ingenzi abagiye kurushinga bakwiye kubanza kuganiraho

Umusore n’umukobwa bahuye, bagahuza, bagakundana ndetse bakiyemeza gutangira umushinga wo kubana akaramata, biba ari ibyishimo ku ruhande rwa bose ariko ari urugendo rukomeye batangiye.
21 September 2024 Yasuwe: 1390 0

Israel yishe abayobozi batandatu ba Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyishe abayobozi bakuru batandatu bo mu mutwe witwaje intwaro wa Hezbollah ubwo cyagabaga ibitero simusiga mu Murwa Mukuru wa Liban, Beirut.
21 September 2024 Yasuwe: 2418 0

Minisitiri Utumatwishima yakebuye abashaka kuvanga ubufana n’amacakubiri

Mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko X yahoze ari twitter hagaragaye impaka zagarukaga ku bafana ba Rayon Sports bafannye Pyramids yo mu Misiri yakinaga na APR FC mu mukino...
21 September 2024 Yasuwe: 1031 0

Kuba umukobwa yava amaraso akoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere ni cyo kimenyetso cy’ubusugi?

Ingingo yo gutakaza akarangabusugi ku bakobwa ivugisha benshi bitewe n’imico n’imyumvire y’abatuye mu gihugu runaka, ku buryo hari abibwira ko umukobwa bazamutegera ku kuva amaraso akimara gukora...
21 September 2024 Yasuwe: 2336 0

Ni ikihe kigero benshi mu rubyiruko batakarizamo ubusugi n’ubumanzi?

Ni ryari nkwiriye gutakaza ubusugi cyangwa ubumanzi bwanjye? Iyi ni ingingo idakunze kuvugwaho rumwe, cyane cyane mu rubyiruko kuko usanga buri wese ayifiteho igitekerezo runaka.
21 September 2024 Yasuwe: 2240 0

Ten Hag utamerewe neza muri Manchester United yijeje abafana amanota atatu

Umutoza w’Umuholandi utoza ikipe ya Manchester United , akomeje gushyirwaho igitutu n’abafana bayo kubera kubura intsinzi , mu mukino Man United ifitanye na CryStal Paliace kuri uyu wa gatandatu...
21 September 2024 Yasuwe: 524 0

Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi

Abashakashatsi mu by’imirire n’ubuzima, bagaragaza ko igihe umuntu afatira ifunguro ari ingenzi ku buzima bwe, gukererwa kujya muri iki gikorwa bikaba byatera ibyago. Batanga inama ko nibura...
21 September 2024 Yasuwe: 701 0