Guhera ku wa Mbere, i Seoul muri Korea y’Epfo, itsinda ry’u Rwanda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda, ryitabiriye inama yiga ku ruhare rukwiriye rw’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Muntu...
Polisi ya Uganda yataye muri yombi umwe mu bayobozi bakuru b’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, nyuma yo kumufatira mu nkambi ya Kyangwali iherereye mu karere ka Kikuube...
Harabura igihe gito ngo ikipe y’Igihugu Amavubi ikine umukino wa kabiri mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 ,umukino ugomba ku bahuza na Nigeria.
Hakurikijwe ubuhamya bwakusanyirijwe kuri terrain, imirimo yo kubaka iyi nyubako y’imyidagaduro na siporo imaze amezi 5 ihagaze nyuma y’itangira n’umuvuduko sosiyete yo muri Turkiya “Summa” yari...
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yasabye abakuru b’ibyihebe bimaze igihe byarayogoje intara ya Cabo Delgado kuyamanika, ababurira ko igihe cyo kubihanganira kiri gushira
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad yavuze ko bafite intego yo kwitwara neza ku mukino bafitanye na Nigeria ku wa kabiri tariki 10 Nzeri 2024,umukino wa mbere ikipe...
Abagabo bakururwa n’ibintu bitandukanye ku bagore hari ubwo bishobora guterwa n’irari cyangwa ari ugukunda byanyabyo, Dore bimwe mu bikunze gukurura abagabo ku bagore.