Umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, Nshimiyimana Marc Govin yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, ngo yisobanure ku birego aregwa.
Umutwe wa Hezbollah wavuze ko ibitero umaze iminsi ugabwaho na Israel bishobora kubyara intambara karundura ishobora guhuza impande zombi, uvuga ko yaba ari intambara yagira ingaruka zikomeye cyane...
APR BBC yatsinze Patriots BBC amanota 80-78 mu mukino wa nyuma wa gatanu mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball, itangira gukoza imitwe y’intoki ku gikombe.
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, umunya -Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho ndetse n’abakinnyi atoza batangaje ko umukino bafitanye na Gasogi United ku wa Gatandatu saa moya...
Myugariro w’Umwongereza ukinira ikipe ya Liverpool Trent Alexander-Arnold ari mu biganiro byo kugura ikipe ya FC Nantes yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bufaransa.
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubaraka Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu mukino wo kwishyura wa Caf Champions League, abasaba gushimisha inkotanyi basezerera Pyramids FC.
Ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2024 , nibwo ikipe ya Gasogi United izakira ikipe Rayon Sports mu mukino wa shapiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , aho uyu mukino wahawe umusifuzi usanzwe ari...