Police FC yatsinze Muhazi United ibona amanita atatu mu mukino w’umunsi wa 4 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25, ihita iyobora urutonde rwagateganyo rwa...
Umutoza wa FC Barselona Hansi Flick yagize icyo avuga ku mukinnyi w’umunya-Brasil Raphinha, ukomeje kwitwara neza yemeza ko ari kumuha byose mu gihe byari byarane ku ngoma ya Xavi.
Umunya-Argentine Lionel Messi wamenyekanye muri FC Barselona , ubu akaba akinira ikipe ya Enter Miami yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, agiye gutangiza inzu itunganya Sinema muri Amerika na...
Kuri iki Cyumweru, Abanyatuniziya babarirwa mu magana bigaragambije bamagana Perezida Kais Saied, bamushinja ko yakajije umurego mu butegetsi bw’igitugu no guhagarika guhatana muri politiki mu gihe...
Gacinya Chance Denis wahoze ayobora Rayon Sports, yishongoye kuri Kakooza Nkuriza Charles [KNC] wari wavuze ko azabatsinda amubwira ko miliyoni 45 Frw yakuye mu mukino zizamufasha gusunika amezi 2...