Ni kenshi cyane abasore bakunda abakobwa ariko ugasanga bo ntibabakunda, ka bone n’ubwo umukobwa yaba yaramubwiye ko amukunda. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibintu bizakwereka ko uwo mukobwa...
Kuri uyu wa Kane, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi yemeje umwanzuro wemeza ko umuntu utavuga rumwe n’ubutegetsi Edmundo Gonzalez Urrutia ari we perezida wemewe wa Venezuela, nyuma y’uko Nicolas...
Kuri uyu wa Kane Igisirikare cya Israel cyavuze ko cyagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani, kivuga kandi ko mu kwezi gushize hafashwe umuturage wa Israel...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yazamutse umwanya umwe iva ku mwanya wa 131 ijya ku mwanya wa 130 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rwasohotse kuri uyu wa Kane...
Gusohokana n’umukunzi wawe mukajya ku karubanda ni nko guhabwa itike ya VIP mu gitaramo gikomeye. Uretse n’igitaramo rero , uwo ni umukunzi w’ubuzima bwawe kandi buri wese araba abareba.
Michael Oliver yahawe kuzasifura umukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’Ubwongereza uzahuza Man City na Arsenal kuri Etihad Stadium , ibintu byatunguye abafana ba Arsenal.