skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ingeso 5 zishoshobora kwangiza umubano w’abakundana

Kubaka umubano birakomera ariko ushobora gusenywa n’akantu wowe wita ko ari gato, mugenzi wawe muri kumwe mu rukundo akaba atabasha kukihanganira bigatuma wa mubano wangirika.
18 September 2024 Yasuwe: 1400 0

Vicent Kompany yagize icyo avuga kuri Bayern Munchen

Umutoza wa Bayern Munich Vicent Kompany yavuze ku ikipe ye, ibyahindutse nyuma y’uko ayigezemo, ndetse asobanura uko akazi kameze muri iyi kipe ikomeye.
18 September 2024 Yasuwe: 1099 0

UCL: Harry Kane yakuyeho agahigo ka Wayne Rooney

Harry Kane yakuyeho agahigo kari gafitwe na Wayne Rooney aba umukinnyi wa mbere w’Umwongereza utsinze ibitego byinshi muri Champions League ibitego 31.
18 September 2024 Yasuwe: 707 0

UCL: Arne Slot yatangiye neza Kompany atanga isomo

Arne Slot utoza Liverpoll yatangiye neza imikino ya UEFA Champions League mu ikipe ye nshya, mu gihe Vicent Kompany wa Bayern Munich akomeje gutanga isomo rya ruhago.
18 September 2024 Yasuwe: 410 0

Abahoze bayobora Rayon Sports bakoze inama biyemeza kuyiba hafi

Abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bahuye bafata umwanzuro wo kongera kuba inyuma y’ikipe yabo , ikomeje kuvugwamo ibibazo byamikoro make.
18 September 2024 Yasuwe: 704 0

APR FC yatangiye urugendo rwerekeza mu Misiri (Amafoto)

Ikipe y’Ingabo z’igihugu yamaze gutangira urugendo rwerekeza mu Misiri kujya gukina umukino wa kabiri wa CAF Champions League na Pyramids FC .
17 September 2024 Yasuwe: 896 0

Muzaze nzabahoza amarira : KNC yatumiye abafana ba APR FC

Perezida wa Gasogo United Kakooza Nkuliza Charles yatumiye abafana ba APR FC kuzaza ku mukino ikipe ye izakiramo Rayon Sports maze akabahoza amarira abafana ba Rayon Sports babateye bafana Pyramids.
17 September 2024 Yasuwe: 884 0

Menya impamvu nyakuri umugore utwite azana umurongo uhagaze ku nda

Ni kenshi ushobora Kubona iyi mirongo ihagaze kunda y’umugore utwite ukaba wagira impungenge, ahanini kuko uba utazi icyabiteye. Gusa ni ikintu gikunda kugaragara ku bagore benshi batwite cyane...
17 September 2024 Yasuwe: 3471 0

Musore: Ibintu 5 byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri

Mu buzima busanzwe abantu bagira amabanga menshi utapfa gutahua, ndetse n’abantu bakundana nabo ubwabo bagira amabanga adasanzwe bahishanya, rero niyo mpamvu hari ibintu umukobwa ashobora...
17 September 2024 Yasuwe: 1649 0

Shaddy Boo ari mu bahataniye igihembo cy’umwamikazi w’ubwiza

Shaddy Boo, wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga kubera ikimero gitangaje,ari mubahataniye igihembo Diva Beauty Awards mu cyiciro cy’umwamikazi w’ubwiza mu Rwanda.
17 September 2024 Yasuwe: 967 0