Angel Di Maria uherutse gusezera mu ikipe y’Igihugu ya Algentine , yasezeye abakinnyi bakinanye mu marira menshi ,mu mukino Algentine yatsinzemo Chile 3-0.
Niba uri umusore ukaba ushaka kwinjira mu rukundo, sobanukirwa n’ibintu bimwe na bimwe abasore baba bagomba kumenya ku bakobwa kugirango urugendo rwurukundo ruguhire.
Abayobozi bakuru bashinzwe umutekano baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa NCIP (Northern Corridor Integration Projects (Kenya, u Rwanda na Uganda) bateraniye i Kigali mu nama y’umutekano igamije...
Kuri uyu wa Gatanu, umuvugizi wa polisi yavuze ko inkongi y’umuriro mu ishuri ryo muri Kenya rwagati yahitanye abanyeshuri 17.
Abatabazi benshi bari mu nzira berekeza ku ishuri rya Hillside...