skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kera kabaye Karisa Rashid yabonye ikipe

Karisa Rashid wakiniye Rayon Sports umwaka ushize bakaza gutandukana yasinyiye Kiyovu Sports , ahita atangira imyitozo.
13 September 2024 Yasuwe: 1113 0

APR FC yitegura Pyramids yasuwe n’umuyobozi w’icyubahiro wayo

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga yasuye ikipe ya APR FC mu myitozo ibanziriza iya nyuma yo kwitegura umukino wa CAF Champions League iyi kipe ifitanye na Pyramids yo mu...
13 September 2024 Yasuwe: 471 0

Umugore wa Sabin wahindutse iciro ry’imigani yashimangiye urwo amukunda

Madamu w’umunyamakuru Murungi Munyengabe Sabin, Gasagire Raissa, yashimangiye urwo akunda umugabo we mu gihe amaze iminsi yibasirwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga bamushinja kumuca inyuma.
13 September 2024 Yasuwe: 1042 0

Yannick Mukunzi yasabye abakunzi be amasengesho

Yannick Mukunzi ukinira Sandvikens IF mu cyiciro cya kabiri muri Sweden, yabazwe imvune yo mu ivi ,avuga ko byagenze neza kandi ashima Imana.
13 September 2024 Yasuwe: 738 0

Ibyihebe bya ADF byageretsweho ubwicanyi bwakorewe Abasivili 20 muri Ituri

Abarwanyi b’umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda bishe abasivili 20 mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
13 September 2024 Yasuwe: 292 0

Perezida Faye yasheshe Inteko Ishinga Amategeko

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Nzeri yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
13 September 2024 Yasuwe: 450 0

Guinea Bissau: Perezida Embalo yanze kwiyamamariza manda ya 2 abisabwe n’umugore we

Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Cissoko Embalo, yatangaje ku wa Kane atazongera kwiyamamariza manda ya kabiri mu matora azaba mu Gushyingo.
13 September 2024 Yasuwe: 823 0

Mugunga Yves yerekeje muri Arabie Saoudite

Rutahizamu Mugunga Yves yamaze kuva mu Rwanda aho yerekeje muri Arabie Saoudite gukinira Al-Selmiyah Club yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kane.
13 September 2024 Yasuwe: 185 0

Nyuma yo kongera amasezerano Makel Arteta yageneye ubutumwa abafana

Kuri uyu wa Kane tariki 12 Nzeri nibwo Mikel Arteta yongereye amasezerano muri Arsenal azamugeza muri 2027, uyu mutoza yageneye ubutumwa abafana ba Arsenal abizeza kuzabageza ku birernze ibyo...
12 September 2024 Yasuwe: 671 0

Rusine Patrick n’umukunzi we basezeranye mu Murenge bakuruye impaka

Umunyarwenya Rusine Patrick n’umukunzi we Uwase Iryn basezeranye mu Murenge kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nzeri 2024, yakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga kubera amakuru akomeje kubavugwaho arimo...
12 September 2024 Yasuwe: 2569 0