Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad yavuze ko bafite intego yo kwitwara neza ku mukino bafitanye na Nigeria ku wa kabiri tariki 10 Nzeri 2024,umukino wa mbere ikipe...
Abagabo bakururwa n’ibintu bitandukanye ku bagore hari ubwo bishobora guterwa n’irari cyangwa ari ugukunda byanyabyo, Dore bimwe mu bikunze gukurura abagabo ku bagore.
Haruna Niyonzima uherutse gutandukana n’Ikipe ya Rayon Sports yahawe ikaze n’umutoza w’umunya-Bresil Robertinho utoza Rayon Sports mu butoza ,amwifuriza guhirwa.
Amakuru agera kuri India Today aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, azagirana ibiganiro na Ajit Doval, Umujyanama mu by’Umutekano wa Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, ku...
Mu mukino wahuje ikipe y’Igihugu ya Bongereza na Ireland umukinnyi wa Arsenal Declan Rice na Jack Grealish wa Manchester City biswe inzoka n’abafana ba Ireland bitewe n’uko banze gukinira Ireland.
Impanuka ya bus itwara abagenzi kuri uyu wa Mbere ku Kimironko yahitanye umumotari n’umugenzi yari atwaye nyuma yo kugonga moto bari bariho.
Amakuru agera kuri BWIZA, avuga ko mu gitondo cyo...