skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Rwanda, Kenya na Uganda byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali

Abayobozi bakuru bashinzwe umutekano baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa NCIP (Northern Corridor Integration Projects (Kenya, u Rwanda na Uganda) bateraniye i Kigali mu nama y’umutekano igamije...
6 September 2024 Yasuwe: 623 0

Cristiano yaciye agahigo kazatuma ahora yibukwa mu mateka ya ruhgago

Umunya –Portigal Cristiano Ronalido yatsinze igitego cya 900 mu mateka ye amaze muri ruhago mu mukino ikipe y’Igihugu ya Poltigal yatsinzemo Croasia ibitego 2-1.
6 September 2024 Yasuwe: 957 0

Dore ibintu bizakugaragariza ko umugore agushaka cyane

Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore...
6 September 2024 Yasuwe: 3468 0

NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 101Frw

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa y’ibihimbi 101Frw ngo akingirwe ikibaba nyuma yo gufatirwa mu bucuruzi bw’ibitemewe birimo amasashe...
6 September 2024 Yasuwe: 929 0

Kenya: Inkongi y’umuriro ku ishuri yahitanye abana 17

Kuri uyu wa Gatanu, umuvugizi wa polisi yavuze ko inkongi y’umuriro mu ishuri ryo muri Kenya rwagati yahitanye abanyeshuri 17. Abatabazi benshi bari mu nzira berekeza ku ishuri rya Hillside...
6 September 2024 Yasuwe: 364 0

Ukraine: Andriy Sybiga yagizwe Minisitiri w’ububanyi n’Amahanga mushya

Abadepite bo muri Ukraine batoye Andriy Sybiga ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga mushya w’icyo gihugu asimbuye Dymytri Kuleba uherutse gutanga ubwegure mu gihe Zelenskyy Ari gukora...
6 September 2024 Yasuwe: 366 0

Umutoza Ten Hag ashobora gusohoka muri Manchester United

Umutoza wa Macnhester United Ten Hag yatezwe imikino harimo n’uwo azakina na Southampton tariki 14 Nzeri 2024 atabona intsinzi akaba yakwirukanwa.
5 September 2024 Yasuwe: 1099 0

Xi Jinping yemeye miliyari zisaga 50$ yo gutera inkunga Afurika mu myaka 3 iri imbere

Kuri uyu wa Kane, Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yashimye umubano w’igihugu cye n’Umugabane wa Afurika, avuga ko bari mu bihe byiza by’amateka. Ibi yabitangaje mu muhango wo gutangiza...
5 September 2024 Yasuwe: 431 0

Killaman yiyemeje gufasha Nyagahene umaze iminsi ataka inzara

Nyagahene wamenyekanye muri Sinema Nyarwanda mu gihe cyashize ,ubu akaba yivugira ko afite ubukene bukabije kuza n’ubwo kubona icyo kwambara bitamworohera,Killaman nawe umaze kumenyekana muri...
5 September 2024 Yasuwe: 2484 0

Dore ibice 4 umukobwa abayifuza ko ukoraho igihe murikumwe ariko akaba atabikubwira

Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, bahana umwanya cyane ku buryo ushobora No gusanga mu cyumweru baba bafite nka masaha 80 yo kuganira 30 muri ayo masaha...
5 September 2024 Yasuwe: 4984 0