skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Itangazo: PEQUERY Sophie yasabye guhindura amazina akitwa PEQUERY SOPHIE PASCASIE MONIQUE KABAKA

Uwitwa PEQUERY Sophie yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa PEQUERY SOPHIE PASCASIE MONIQUE KABAKA mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura...
28 August 2024 Yasuwe: 4283 0

Gusezera umupira wamaguru Biri munzira –umunyezamu Rihungu

Umunyezamu Kwizera Janvier wamenyekanye ku izina rya Rihungu, yavuze ko ari munzira zo gusezera umupira w’amaguru ku myaka 26 bitewe n’ihungabana yahuye naryo.
28 August 2024 Yasuwe: 419 0

Basketball: Mwesigwa yitabajwe mu ikipe y’Igihugu yitegura Igikombe cy’Afurika

Sean Mwesigwa yongewe mu ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abatarengeje imyaka 18 ikomeje kwitegura imikino y’Afurika izabera i Pretoria muri Afurika y’Epfo kuva tariki 2 kugera 14 Nzeri 2024.
28 August 2024 Yasuwe: 290 0

Umutoza wa Kiyovu Sports arashinja abakinnyi be ubunebwe bukabije

Bimfubusa Josilin utoza Kiyovu Sports yavuze ko ahangayikishijwe n’uko abakinnyi be bafite imbaraga nke z’umubiri ibintu bishobora ku mugora mu mikino ya Shampiyona itaha.
28 August 2024 Yasuwe: 566 0

RDC: Leta yasabwe kugabanya abasirikare mu mujyi wa Goma

Sosiyete sivile ikorera mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Leta kugabanya abasirikare bari muri uyu mujyi, igaragaza ko bamwe muri bo ari bo bakomeje gukora...
28 August 2024 Yasuwe: 1081 0

FARDC yabohoje abaturage 40 bari barashimuswe na ADF

Ku wa kabiri, tariki ya 27 Kanama, FARDC yashyikirije imiryango y’abaturage bo mu karere ka Beni abantu bagera kuri mirongo ine bari barashimuswe n’umutwe wa ADF. Muri abo bari barashimuswe,...
28 August 2024 Yasuwe: 439 0

Victor Osimhen mu bakinnyi 23 umutoza wa Nigeria azazana guhangana n’Amavubi

Umutoza wa Super Eagles mushya ,Bruno Labbadia ukomoka mu Budage yahamagaye abakinnyi 23 azakoresha mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika harimo n’uwo azahuramo n’u Rwanda.
28 August 2024 Yasuwe: 628 0

CAN2025: Gitego Arthur yabimburiye abandi bakinnyi bakina hanze kugera mu mwiherero

Rutahizamu Gitego Arthur ukina muri AFC Leopard yo muri Kenya ,yabaye umukinnyi wa mbere ukina hanze wageze mu Rwanda, aje gufasha bagenzibe kwitegura imikino ibiri bafite muri Nzeri 2024, yo...
27 August 2024 Yasuwe: 340 0

CAF Confederations Cup:Al Ahli Tripoli ikinamo Manzi Thierry yahuye n’umusozi wo kurira

Ikipe ya Ahli Tripoli yo muri Libya ikinamo Manzi Thierry igomba guhura na Simba SC yo muri Tanzaniya mu mikino ya Caf Confederations Cup ibintu bisa nk’umusozi wo kurira.
27 August 2024 Yasuwe: 812 0

Si njya ntekereza kuba umutoza-Cristiano Ronaldo

Rutahizamu w’Umunya-Portigal,Cristiano Ronalido yatangaje ko nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru ateganya kujya mubindi bikorwa bidahuye nawo.
27 August 2024 Yasuwe: 445 0