Umunyezamu Kwizera Janvier wamenyekanye ku izina rya Rihungu, yavuze ko ari munzira zo gusezera umupira w’amaguru ku myaka 26 bitewe n’ihungabana yahuye naryo.
Bimfubusa Josilin utoza Kiyovu Sports yavuze ko ahangayikishijwe n’uko abakinnyi be bafite imbaraga nke z’umubiri ibintu bishobora ku mugora mu mikino ya Shampiyona itaha.
Sosiyete sivile ikorera mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Leta kugabanya abasirikare bari muri uyu mujyi, igaragaza ko bamwe muri bo ari bo bakomeje gukora...
Ku wa kabiri, tariki ya 27 Kanama, FARDC yashyikirije imiryango y’abaturage bo mu karere ka Beni abantu bagera kuri mirongo ine bari barashimuswe n’umutwe wa ADF.
Muri abo bari barashimuswe,...
Rutahizamu Gitego Arthur ukina muri AFC Leopard yo muri Kenya ,yabaye umukinnyi wa mbere ukina hanze wageze mu Rwanda, aje gufasha bagenzibe kwitegura imikino ibiri bafite muri Nzeri 2024, yo...
Ikipe ya Ahli Tripoli yo muri Libya ikinamo Manzi Thierry igomba guhura na Simba SC yo muri Tanzaniya mu mikino ya Caf Confederations Cup ibintu bisa nk’umusozi wo kurira.