Mu mukino wa kabiri wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika cya 2025 Amavubi yanganyije na Nigeria 0-0,umukino witabiriwe na perezida Paul Kagame ndetse na Minisitiri wa Siporo.
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwashyiyeho abakinnyi b’iyikipe agera kuri Miliyone 4 kuri buri mukinnyi mu gihe basezerera ikipe ya Pyramids yo mu Misri mu mikino ibiri bafitany muri Caf Champiyons...
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yongeye kujya mu ihurizo nyuma y’imvune nyinshi afite zirimo iya myugariro w’Umutaliyani Riccarido Calafioli hiyongereyeho Kapiteni we Martin Odigard.
Guhera ku wa Mbere, i Seoul muri Korea y’Epfo, itsinda ry’u Rwanda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda, ryitabiriye inama yiga ku ruhare rukwiriye rw’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Muntu...
Polisi ya Uganda yataye muri yombi umwe mu bayobozi bakuru b’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, nyuma yo kumufatira mu nkambi ya Kyangwali iherereye mu karere ka Kikuube...
Harabura igihe gito ngo ikipe y’Igihugu Amavubi ikine umukino wa kabiri mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 ,umukino ugomba ku bahuza na Nigeria.
Hakurikijwe ubuhamya bwakusanyirijwe kuri terrain, imirimo yo kubaka iyi nyubako y’imyidagaduro na siporo imaze amezi 5 ihagaze nyuma y’itangira n’umuvuduko sosiyete yo muri Turkiya “Summa” yari...
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yasabye abakuru b’ibyihebe bimaze igihe byarayogoje intara ya Cabo Delgado kuyamanika, ababurira ko igihe cyo kubihanganira kiri gushira