skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ubukwe bw’igikomangoma cya Norvège n’umupfumu bwatangiye nyuma y’igihe babwamagana

Ibirori by’ubukwe bw’igikomangoma Märtha Louise cya Norvège/Norway n’umupfumu w’Umunyamerika Durek Verrett, byatangiye muri icyo gihugu cyo mu majyaruguru y’Uburayi nyuma y’igihe kinini...
30 August 2024 Yasuwe: 1275 0

Sugira na Sedric Hamiss ntibemerewe gukina muri Kiyovu Sports kugeza muri 2025

Bitewe n’ibibazo byagejejwe muri FIFA, birega ikipe ya Kiyovu Sports mu bihe bitandukanye ,iy’ikipe ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi yaguze badasanzwe bakina muri shampiyona y’u Rwanda barimo...
30 August 2024 Yasuwe: 1494 0

Seninga Innocent agiye gutoza muri Djbouti

Seninga Innocent wari umaze igihe ntakazi afite yagizwe umutoza mukuru wa Gendermerie FC yo muri Djibouti.
30 August 2024 Yasuwe: 513 0

Indirimbo ‘SIKOSA’ ya The Ben, Kevin na Element yakuwe kuri YouTube

Indirimbo ’Sikosa’ yahuriwemo Kevin Kade,The Ben na Element yakuwe ku rubuga rwa YouTube ,bitewe no gukoresha igihangano cy’abandi batahiherewe uburenganzira.
30 August 2024 Yasuwe: 1002 0

UEFA Champions League igiye gukinwa mu buryo bushya

Uefa yamaze guhindura uburyo imikino ya Champions league izajya ikinwamo bitandukanye n’uburyo bwari busanzwe aho ikipe imwe izajya ikina imikino 8 aho kuba 6 ,imikino 4 murugo nindi 4 hanze kandi...
30 August 2024 Yasuwe: 720 0

Abafana ba Real Madride Batangiye Kugira impungenge ku ikipe yabo

Mu ijoro ryakeye mu mukino w’umunsi wa Gatatu wa shampiyona ya Esipanye ,ikipe ya Real Madride yongeye gutakaza amanota abiri bituma abafana b’iyikipe batangira kwibaza niba uyu mwaka uzabahira mu...
30 August 2024 Yasuwe: 1066 0

FDA yemeje urukingo rukwiriye gukoreshwa mu gukingira ’Monkeypox’

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (FDA) cyemeje ko urukingo rwa ACAM2000 rusanzwe rukoreshwa mu kwirinda ‘smallpox’ rushobora guterwa abantu bo mu bihugu...
30 August 2024 Yasuwe: 341 0

Perezida wa Rwanda Premier League Hadji Mudaheranwa yibukije FERWAFA ibyo kongera umubare w’abanyamahanga

Hadji Mudaheranwa usanzwe ari Perezida wa Gorilla FC ndetse akaba na Perezida wa Rwanda Premier League ,yandikiye umuyobozi wa FERWAFA amwibutsa ko amakipe agitegereje igisubizo ku bijyanye no...
29 August 2024 Yasuwe: 719 0

Perezida wa Rayon Sport, Uwayezu avuga ko atifuza kongera kuyiyobora

Perezida Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko atazongera kwiyamamariza kuyobora ikipe ya Rayon Sports muri manda itaha ,ikipe yari amazemo imyaka ine.
29 August 2024 Yasuwe: 1195 0

Basketball: Petit Stade mu isura shya yitegura kwakira imikno ya playoffs

Petit Stade yavuguruwe izakira imikino ya nyuma ya shampiyona ya Basketball imikino izatangira tariki 30 Kanama 2024.
29 August 2024 Yasuwe: 404 0