skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Mikel Arteta yongereye amasezerano mashya muri Arsenal

Umunya-Esipanye utoza Arsenal Mekel Arteta yamaze kongera amasezerano muri iy’ikipe ibarizwa i Londere mu Bwongereza azamugeza muri 2027 .
12 September 2024 Yasuwe: 369 0

Umutoza ’Vigoureux’ wazamuye abakinnyi benshi b’i Rubavu yitabye Imana

Umutoza Mungo Jitiada, wamenyekanye cyane nka ’Vigoureux’, wafashije abakinnyi benshi bakomeye mu Karere ka Rubavu yitabye Imana azize uburwayi.
12 September 2024 Yasuwe: 673 0

Nyampinga w’Ububiligi yiteguye gutanga umusanzu mu kugarura ‘Miss Rwanda’

Nyampinga w’u Bubiligi, Kenza Johanna Ameloot ufite inkomoko mu Rwanda ari mu bikorwa by’ubugiraneza byo kuvuza abana batishoboye bafite indwara y’ishaza, mu bindi yatangaje yavuze ko yiteguye...
12 September 2024 Yasuwe: 648 0

Ibyo wamenya kuri Nelly Mukazayire wahawe inshingano muri Minisiteri ya Siporo

Nelly Mukazayire wari usanzwe ari Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB). Yagizwe Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya Siporo,asimbuye Niyonkuru Zephanie uheruka gukurwa...
12 September 2024 Yasuwe: 3007 0

Basketball:Ni inde uzahagarika ikipe ya Patriots BBC

Patriots BBC yongeye gutsinda APR BBC amanota 83-71 mu mukino wa mbere kuri Finali ya Kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball
12 September 2024 Yasuwe: 295 0

HCR ikeneye miliyari 29 Frw zo gukumira Ubushita bw’Inkende mu mpunzi ziri muri Afurika

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, ryatangaje ko rikeneye miliyoni 21,4 z’amadolari ya Amerika (29,1 Frw) zo kwifashisha mu gukumira icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende mu mpunzi.
12 September 2024 Yasuwe: 211 0

Mineduc yahawe Minisitiri mushya, uwayiyoboraga ahabwa izindi nshingano

Perezida wa Repubulika yagize Joseph Nsengimana Minisitiri w’Uburezi, Gaspard Twagirayezu wari usanzwe muri uwo mwanya agirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego Rushinzwe Isanzure.
12 September 2024 Yasuwe: 756 0

Byose bizarangirira kuri Tottenham na Man City: Paul Merson avuga kuri Arsenal

Paul Merson wakinnye muri shampiyona y’u Bwongereza ubu akaba akora kuri Sky Sports nk’umusesenguzi yatangaje ko abona amahirwe ya Arsenal yo gutwara shampiyona azarangiria ku mikino ibiri ,harimo...
11 September 2024 Yasuwe: 1336 0

Ikipe ya Pyramids yatangiye urugendo rwerekeza i Kigali

Pyramids FC yo mu Misiri yatangiye urugendo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Nzeri berekeza mu Rwanda, aho ije gukina na Apr FC umukino ubanza wa CAF Champions League.
11 September 2024 Yasuwe: 967 0

Harry Kane yaciye agahigo mu ikipe y’Igihugu ahita ahabwa igihembo

Kapiteni w’Ubwongereza Harry Kane yujuje imikino ijana mu ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza ndetse yuzuza ibitego 68 ibintu bimugira umukinnyi umaze gutsindira ikipe y’Igihugu ibitego byinshi.
11 September 2024 Yasuwe: 624 0