Nyampinga w’u Bubiligi, Kenza Johanna Ameloot ufite inkomoko mu Rwanda ari mu bikorwa by’ubugiraneza byo kuvuza abana batishoboye bafite indwara y’ishaza, mu bindi yatangaje yavuze ko yiteguye...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, ryatangaje ko rikeneye miliyoni 21,4 z’amadolari ya Amerika (29,1 Frw) zo kwifashisha mu gukumira icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende mu mpunzi.
Paul Merson wakinnye muri shampiyona y’u Bwongereza ubu akaba akora kuri Sky Sports nk’umusesenguzi yatangaje ko abona amahirwe ya Arsenal yo gutwara shampiyona azarangiria ku mikino ibiri ,harimo...
Pyramids FC yo mu Misiri yatangiye urugendo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Nzeri berekeza mu Rwanda, aho ije gukina na Apr FC umukino ubanza wa CAF Champions League.