Mashami Vincent utoza ikipe ya Police FC yavuze ko igitutu cyo gutsinda ibitego bitatu basabwaga ngo basezerere ikipe ya CS Constantine muri CAF Confederation Cup ,biri mubyatumye abakinnyi bagira...
Umukino w’umunsi wagatatu wa Shampiyona y’u Rwanda wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC wakuweho, kubera ko wahuriranye n’umukino wa Apr fc izakinamo na Pyramids FC muri Caf Champions League.
Umutoza wa Rayon Sports ,Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi nka Robertinho, yababajwe n’uko ikipe ye yitwaye ku mukino banganyijemo n’Amagaju 2-2 .
Umutoza wa Police fc ,Mashami Vicent yatangaje ko bizeye intsinzi ku mukino wo kwishyura wa Caf Confederations Cup bafitanye na CS Costantine ku cyumweru tariki 24 Kanama 2024 kuri Kigali Pele...
Kapiteni wa Apr fc yatangaje ko bagomba gushyira ibitekerezo byose ku mukino bafitanye na Azam fc kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Kanama 2024 ,saa kumi nebyiri z’umugoroba mu mukino wo kwishyura wa...
Guverinoma y’u Burusiya ku wa Gatanu yahaye Igisirikare cya Uganda imfashanyo ya $ miliyoni 100 (Frw miliyari 133), ku mabwiriza ya Perezida Vladimir Putin.