Mu gihe hatarashira iminsi urubyiruko muri Kenya rwigaragambije rwamagana umushinga w’itegeko w’imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe ariko Guverinoma ikaza kuwuhagarika, kuri ubu ngo iri guteganya...
Banki nkuru ya Libiya yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byayo byose nyuma yo gushimuta umwe mu bayobozi bayo mu murwa mukuru Tripoli.Ku cyumweru, banki yamaganye ishimutwa ry’umuyobozi ushinzwe...
Ku cyumweru tariki 18 Kanama nibwo ikipe ya Brentford yakinnye umukino wayo wa mbere muri English Premier League ,ikina na Crystal palace yatsinze 2-1 ni umukino Ivan Toney atigeze agaragaramo.
Nyuma yo kunganya na Marines Fc ku munsi wa mbere wa Shampiyona umutoza wa Rayon Sports Robertinho , yavuze ko mu byamugoye harimo n’umubare muke w’abanyamahanga.
Abahinzi b’ibitunguru bo mu mirenge ya Mudende n’indi byegeranye barataka igihombo gikomeye batewe no kubura isoko ry’ibitunguru bikaba biri kuborera mu mirima.
Bagaragaza umusaruro w’ibitunguru...
Uwitwa NSENGIYUMVA John yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RWAMURANGWA John mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri...
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 18 Kanama 2024 nibwo ikipe ya Man City yatsindaga Chelsea 2-0, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona waya makipe yombi , umukino Mateo Kovacic...