Ingabo za Uganda zatangiye kugenzura Umujyi wa Butembo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe zikomeje ibikorwa byo guhiga umutwe w’iterabwoba wa ADF.
Abakinnyi babiri bakomoka mu Burusiya bujuje ibisabwa kugira ngo babe bahatana mu Mikino Olempike nta gihugu bahagarariye ariko u Bufaransa bubangira kwinjira mu gihugu.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi iri mu myiteguro y’imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika ifitanye na Libya na Nigeria, bamwe mu bakinnyi bakina hanze bamaze kugera mu mwiherero
Umunyezamu Kwizera Janvier wamenyekanye ku izina rya Rihungu, yavuze ko ari munzira zo gusezera umupira w’amaguru ku myaka 26 bitewe n’ihungabana yahuye naryo.
Bimfubusa Josilin utoza Kiyovu Sports yavuze ko ahangayikishijwe n’uko abakinnyi be bafite imbaraga nke z’umubiri ibintu bishobora ku mugora mu mikino ya Shampiyona itaha.