Umukino w’umunsi wagatatu wa Shampiyona y’u Rwanda wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC wakuweho, kubera ko wahuriranye n’umukino wa Apr fc izakinamo na Pyramids FC muri Caf Champions League.
Umutoza wa Rayon Sports ,Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi nka Robertinho, yababajwe n’uko ikipe ye yitwaye ku mukino banganyijemo n’Amagaju 2-2 .
Umutoza wa Police fc ,Mashami Vicent yatangaje ko bizeye intsinzi ku mukino wo kwishyura wa Caf Confederations Cup bafitanye na CS Costantine ku cyumweru tariki 24 Kanama 2024 kuri Kigali Pele...
Kapiteni wa Apr fc yatangaje ko bagomba gushyira ibitekerezo byose ku mukino bafitanye na Azam fc kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Kanama 2024 ,saa kumi nebyiri z’umugoroba mu mukino wo kwishyura wa...
Guverinoma y’u Burusiya ku wa Gatanu yahaye Igisirikare cya Uganda imfashanyo ya $ miliyoni 100 (Frw miliyari 133), ku mabwiriza ya Perezida Vladimir Putin.
Ikipe ya Rayon Sports yatengushye abakunzi bayo mu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona inganya n’Amagaju 2-2, nyuma yo kunganya na Marines 0-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona...
Umunya- Sweden ukomoka muri Eritrea, Alexander Isak wabaye umukinnyi uhenze mu mateka y’ikipe ya Newcastle yo mu Bwongereza aguzwe asaga Miliyoni 60 z’ama pawundi avuye muri Real Sociedade yo muri...