Rayon Sports y’abagore yatsinzwe na Kenya Police Bullets yo muri Kenya igitego 1-0 uba umukino wa Kabiri batsizwe muri CECAFA izavamo amakipe azitabira imikino yanyuma ya CAF Champions League.
Nyuma y’umwaka umwe İlkay Gündoğan ,ashobora gutandukana na FC Barselona kubera ibibazo byo kubura umwanya wo gukina, agasubira muri Manchester City yahoze akinira muri English Premier League .
Umutoza mukuru w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Police ,Vicent Mashami ,avuga ko ikipe ye yiteguye gukoresha amahirwe yo mu rugo mu mukino wo kwishyura wa majonjora ya Caf Confederations Cup...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball y’abagore yatsinze ikipe ya Liban amanita 80-62 mu majonjora yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi umukino wabereye muri BK Arena.
Mu gihe hatarashira iminsi urubyiruko muri Kenya rwigaragambije rwamagana umushinga w’itegeko w’imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe ariko Guverinoma ikaza kuwuhagarika, kuri ubu ngo iri guteganya...
Banki nkuru ya Libiya yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byayo byose nyuma yo gushimuta umwe mu bayobozi bayo mu murwa mukuru Tripoli.Ku cyumweru, banki yamaganye ishimutwa ry’umuyobozi ushinzwe...
Ku cyumweru tariki 18 Kanama nibwo ikipe ya Brentford yakinnye umukino wayo wa mbere muri English Premier League ,ikina na Crystal palace yatsinze 2-1 ni umukino Ivan Toney atigeze agaragaramo.
Nyuma yo kunganya na Marines Fc ku munsi wa mbere wa Shampiyona umutoza wa Rayon Sports Robertinho , yavuze ko mu byamugoye harimo n’umubare muke w’abanyamahanga.