skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida wa Rwanda Premier League Hadji Mudaheranwa yibukije FERWAFA ibyo kongera umubare w’abanyamahanga

Hadji Mudaheranwa usanzwe ari Perezida wa Gorilla FC ndetse akaba na Perezida wa Rwanda Premier League ,yandikiye umuyobozi wa FERWAFA amwibutsa ko amakipe agitegereje igisubizo ku bijyanye no...
29 August 2024 Yasuwe: 729 0

Perezida wa Rayon Sport, Uwayezu avuga ko atifuza kongera kuyiyobora

Perezida Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko atazongera kwiyamamariza kuyobora ikipe ya Rayon Sports muri manda itaha ,ikipe yari amazemo imyaka ine.
29 August 2024 Yasuwe: 1204 0

Basketball: Petit Stade mu isura shya yitegura kwakira imikno ya playoffs

Petit Stade yavuguruwe izakira imikino ya nyuma ya shampiyona ya Basketball imikino izatangira tariki 30 Kanama 2024.
29 August 2024 Yasuwe: 405 0

APR FC ikomeje imyitozo y’itegura Pyramids FC mu mikino ya CAF Champions League (Amafoto)

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC ikomeje imyitozo ishyorongi ,aho yitegura Shampiyona ndetse n’imikino ya Caf Chamoiyons League aho bazahura n’ikipe ya Pyramids yo mu Misiri.
29 August 2024 Yasuwe: 589 0

Hakim Sahabo ashobora gutandukana n’ikipe ye

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ Hakimu Sahabo ashobora gutandukana na Standard de Liege yo mu Bubiligi akerekezamu Bufaransa.
29 August 2024 Yasuwe: 539 0

Manishimwe Djabel yabonye ikipe nshya muri Iraq

Manishimwe Djabel yasinye muri Naft Alwasat SC yo muri Iraq ikina mu cyiciro cya mbere amasezereno y’umwaka umwe.
29 August 2024 Yasuwe: 289 0

Esipanye: Minisitiri Pedro ari gusura Afurika kubera abimukira bamurembeje

Ku wa gatatu tariki 28 Kanama 2024 , Minisitiri w’intebe wa Espagne, Pedro Sanchez, yatangaje ko Espagne izatangiza ingamba nshya z’umubano wayo na Afurika mu byumweru biri imbere, gusa Ntiyatanze...
29 August 2024 Yasuwe: 231 0

RDC yasabye ingabo za Uganda kwinjira zikagenzura Umujyi wa Butembo

Ingabo za Uganda zatangiye kugenzura Umujyi wa Butembo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe zikomeje ibikorwa byo guhiga umutwe w’iterabwoba wa ADF.
29 August 2024 Yasuwe: 876 0

Abarusiya bimwe visa zo kwitabira Imikino Paralempike mu Bufaransa

Abakinnyi babiri bakomoka mu Burusiya bujuje ibisabwa kugira ngo babe bahatana mu Mikino Olempike nta gihugu bahagarariye ariko u Bufaransa bubangira kwinjira mu gihugu.
29 August 2024 Yasuwe: 267 0

Abakinnyi bakina hanze bakomeje kugera mu mwiherero w’ikipe y’Iguhugu

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi iri mu myiteguro y’imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika ifitanye na Libya na Nigeria, bamwe mu bakinnyi bakina hanze bamaze kugera mu mwiherero
29 August 2024 Yasuwe: 321 0