Abahinzi b’ibitunguru bo mu mirenge ya Mudende n’indi byegeranye barataka igihombo gikomeye batewe no kubura isoko ry’ibitunguru bikaba biri kuborera mu mirima.
Bagaragaza umusaruro w’ibitunguru...
Uwitwa NSENGIYUMVA John yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RWAMURANGWA John mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri...
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 18 Kanama 2024 nibwo ikipe ya Man City yatsindaga Chelsea 2-0, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona waya makipe yombi , umukino Mateo Kovacic...
Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel.
Kuwa kane abantu cumi na batanu bo mu ngabo z’igihugu za Mali (FDS) baguye mu mirwano ikaze yabahuje n’inyeshyamba z’abaJihadiste yabereye mu karere ka Mopti hafi y’umujyi wa Diallassagou. Abo...
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga yihanganishije abakunzi ba APR FC nyuma yo gutsindwa na Azam FC igitego 1-0 abizeza intsinzi mu mukino wo kwishyura.