Perezida Paul Kagame afatanyije na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Gatanu batangaje Guverinoma nshya y’u Rwanda igizwe na ba Minisitiri 21.
Issa Hayatou witabye Imana tariki 8 Kanama 2024 yashyinguwe mu cyubahiro umuhango Perezida wa FIFA Gianni Infantino, uwa CAF Patrice Motsepe, bitabiriye.
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabwe gusubukura dosiye y’urupfu rwa Brigadier Général Ghislain Mulamba Tshinkobo, wapfiriye mu mujyi wa Goma tariki ya 16 Kanama 2022, kugira ngo...
Minisiteri y’ubuzima ikorera mu bice byo mu ntara ya Gaza, yatangaje ko intambara imaze igihe ihanganishije igisirikare cya Israel n’umutwe wa Hamas imaze kugwamo abantu barenga ibihumbi 40, kandi...