Leta y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yashyizwe kuri 1629Frw, ivuye kuri 1663 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yagumye kuri 1652Frw.
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi n’itsinda bari kumwe, bagirana ibiganiro.
Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yemeye ko ubwo yavugaga ku kibazo cy’insengero zimaze iminsi zifunzwe yakoresheje amagambo ataboneye, ibintu ashimangira ko yatewe n’amarangamutima.
Nicolas Maduro, Perezida wa Venezuela yatangaje ko yamaze gusiba urubuga rwa Whatsapp muri telefone ye, asaba abaturage ko nabo barusiba mu ma telefone yabo kubera ko ruri gukoreshwa n’abantu bo mu...
Icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) cyo kwanga ubusabe bwo gutegura ibirori bya “Mukura Day” ku munsi umwe n’umukino wa Super Coupe uzahuza APR FC na Police FC ku wa...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23...
Polisi yo muri Uganda ku munsi w’ejo kuwa mbere yataye muri yombi abantu 14 batavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu myigaragambyo berekeza kuri Ambasade ya Kenya.
Impanuka yaraye ibereye mu Karere ka Shombo, intara ya Karusi, mu mujyi wa Gitega – Karusi – Muyinga, mw’ijoro ryo kuri uyu wa mbere 5 Kanama 2024 yahitanye ubuzima bwa Padiri Eliya Sakubu,...