skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

CAN2025: Gitego Arthur yabimburiye abandi bakinnyi bakina hanze kugera mu mwiherero

Rutahizamu Gitego Arthur ukina muri AFC Leopard yo muri Kenya ,yabaye umukinnyi wa mbere ukina hanze wageze mu Rwanda, aje gufasha bagenzibe kwitegura imikino ibiri bafite muri Nzeri 2024, yo...
27 August 2024 Yasuwe: 341 0

CAF Confederations Cup:Al Ahli Tripoli ikinamo Manzi Thierry yahuye n’umusozi wo kurira

Ikipe ya Ahli Tripoli yo muri Libya ikinamo Manzi Thierry igomba guhura na Simba SC yo muri Tanzaniya mu mikino ya Caf Confederations Cup ibintu bisa nk’umusozi wo kurira.
27 August 2024 Yasuwe: 819 0

Si njya ntekereza kuba umutoza-Cristiano Ronaldo

Rutahizamu w’Umunya-Portigal,Cristiano Ronalido yatangaje ko nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru ateganya kujya mubindi bikorwa bidahuye nawo.
27 August 2024 Yasuwe: 446 0

Sven-Goran Eriksson watoje u Bwongereza yitabye imana

Sven-Goran Eriksson wabaye umutoza y’Igihugu cy’u Bwongereza hamwe n’amakipe akomeye arimo Manchester City, Leicester City, Roma na Lazio, yitabye Imana ku myaka 76 azize Kanseri.
27 August 2024 Yasuwe: 464 0

Uburyo Riderman na Bull Dogg babaze inkuru yabo y’ibinyacumi bagatanga ishusho y’uruhererekane rw’abaraperi

Gatsinzi Emery [Riderman] na Ndayishimiye Malik Bertrand [Bull Dogg] bakomeje kunyeganyeza inshundura z’umuziki binyuze mu kuba barafatanyije nyuma yo kubirota mu gihe kirekire bagashyira hanze...
27 August 2024 Yasuwe: 795 0

Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko ifungwa ry’uwashinze urubuga Telegram akaba n’Umuyobozi warwo, Pavel Durov, ridashingiye ku mpamvu za politiki.
27 August 2024 Yasuwe: 411 0

Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yatandukanye na APR FC

Umukinnyi w’Intamba mu Rugamba Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yamaze gutandukana n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko umwanya wo gukina muri iy’ikipe y’Ingabo z’Igihugu abona udahagije.
27 August 2024 Yasuwe: 779 0

Bujumbura: Ibura ry’amazi ririgushyira abaturage mu kaga

Ibura ry’amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo. Abaturiye umujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi bahangayikishijwe...
27 August 2024 Yasuwe: 377 0

Tanzania: Perezida yise Intare ‘Tundu Lissu’ izina ry’uwo batavuga rumwe

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yise intare “iruhanya” (“igorana”) izina ry’umwe mu banyapolitike bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Samia yari yasuye ikigo cya Tanzania...
27 August 2024 Yasuwe: 649 0

Ikipe ya Musanze FC yandikiye FERWAFA isaba kurenganurwa

Musanze FC yamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA , isabira ibihano abasifuzi basifuye umukino wabahuje na AS Kigali.
27 August 2024 Yasuwe: 406 0