Muhire Kevin ukinira Rayon Sports, yatowe nk’Umukinnyi Mwiza w’Umwaka wa 2023/24 mu birori byo guhemba abitwaye neza muri Shampiyona y’u Rwanda byateguwe na Rwanda Premier League ku bufatanye na...
Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Jamus fc yo muri Sudan y’Epfo ibitego 3-0, umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo yongeye gushimangira ko akeneye abakinnyi...
U Burusiya ku wa Gatanu bwatangaje ko burimo kohereza izindi ngabo n’amasasu mu karere ko ku mupaka, aho Ukraine yagabye igitero gikomeye cyo kwihimura cyo ku butaka.
Itsinda ry’impirimbanyi za demokarasi kuri uyu wa Kane ushize ryatangaje ko byibuze abasivili 15 bishwe abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) muri El...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama yakiriye anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Bushinwa, Lt Gen Huang Xucong.
Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri MOROCCO yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police fc.
Ubuyobozi bw’imiryango itegamiye kuri leta yo muri Kivu y’Amajyaruguru burasaba ko Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zongera gutangiza ibitero bikaze ku mutwe wa M23 nyuma y’uko...