Kuri uyu wa kane, abashinjacyaha bo muri Afurika y’Epfo bakuyeho ibirego ku baturage 95 bo muri Libiya batawe muri yombi mu kwezi gushize bashinjwa gukora imyitozo ya gisirikare itemewe mu ntara ya...
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko gusaba kwinjira mu ngabo z’inkeragutabara, rimwe mu mashami yacyo ane, byatangiye ku itariki ya 14 Kanama bikazarangira ku ya 19 Kanama.
Nyuma y’imyitozo yabaye kuri uyu wa Kane ,tariki 15 Kanama 2024 mu Nzove nibwo umutoza wa Rayon Sports Robertinho yemeje ko y’ishimiye rutahizamu mushya Aziz Bassane uri mu igeragezwa .
Nyuma y’imvune ya Oscal Bobb’s ndetse na rutahizamu ukomoka muri Algentina Julian Alvarez wamaze kwerekeza muri Atretico Madride ikipe ya Man City yamaze gufata umwanzuro wo gusubira ku isoko.
Umu-faransa Kylian Mbape yaraye afashije ikipe ya Real Madride kwegukana igikombe cya UEFA Super Cup nyuma yo gutsinda ikipe ya Atalanta ibitego 2-0 ibitego byatsinzwe na Mbape na Valverde.
Amakuru atangwa na bamwe mu bafana ba APR FC bari mu nzira berekeza muri Tanzania ,ni uko abafana batanu bakomerekeye mu mpanuka yabereye i Nyagasambu mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana...
Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona ya 2024/25 uzaguma kuri batandatu nk’uko bisanzwe.
Rwanda Premier League yamaze kwemera ubusabe bwa AS Kigali bwo gusubika umukino bari bafitanye na Kiyovu Sports tariki 18 Kanama 2024 ,nyuma yo gusuzuma impamvu zabwo.