skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

RDC: Leta yasabwe kugabanya abasirikare mu mujyi wa Goma

Sosiyete sivile ikorera mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Leta kugabanya abasirikare bari muri uyu mujyi, igaragaza ko bamwe muri bo ari bo bakomeje gukora...
28 August 2024 Yasuwe: 1083 0

FARDC yabohoje abaturage 40 bari barashimuswe na ADF

Ku wa kabiri, tariki ya 27 Kanama, FARDC yashyikirije imiryango y’abaturage bo mu karere ka Beni abantu bagera kuri mirongo ine bari barashimuswe n’umutwe wa ADF. Muri abo bari barashimuswe,...
28 August 2024 Yasuwe: 444 0

Victor Osimhen mu bakinnyi 23 umutoza wa Nigeria azazana guhangana n’Amavubi

Umutoza wa Super Eagles mushya ,Bruno Labbadia ukomoka mu Budage yahamagaye abakinnyi 23 azakoresha mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika harimo n’uwo azahuramo n’u Rwanda.
28 August 2024 Yasuwe: 631 0

CAN2025: Gitego Arthur yabimburiye abandi bakinnyi bakina hanze kugera mu mwiherero

Rutahizamu Gitego Arthur ukina muri AFC Leopard yo muri Kenya ,yabaye umukinnyi wa mbere ukina hanze wageze mu Rwanda, aje gufasha bagenzibe kwitegura imikino ibiri bafite muri Nzeri 2024, yo...
27 August 2024 Yasuwe: 340 0

CAF Confederations Cup:Al Ahli Tripoli ikinamo Manzi Thierry yahuye n’umusozi wo kurira

Ikipe ya Ahli Tripoli yo muri Libya ikinamo Manzi Thierry igomba guhura na Simba SC yo muri Tanzaniya mu mikino ya Caf Confederations Cup ibintu bisa nk’umusozi wo kurira.
27 August 2024 Yasuwe: 817 0

Si njya ntekereza kuba umutoza-Cristiano Ronaldo

Rutahizamu w’Umunya-Portigal,Cristiano Ronalido yatangaje ko nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru ateganya kujya mubindi bikorwa bidahuye nawo.
27 August 2024 Yasuwe: 445 0

Sven-Goran Eriksson watoje u Bwongereza yitabye imana

Sven-Goran Eriksson wabaye umutoza y’Igihugu cy’u Bwongereza hamwe n’amakipe akomeye arimo Manchester City, Leicester City, Roma na Lazio, yitabye Imana ku myaka 76 azize Kanseri.
27 August 2024 Yasuwe: 463 0

Uburyo Riderman na Bull Dogg babaze inkuru yabo y’ibinyacumi bagatanga ishusho y’uruhererekane rw’abaraperi

Gatsinzi Emery [Riderman] na Ndayishimiye Malik Bertrand [Bull Dogg] bakomeje kunyeganyeza inshundura z’umuziki binyuze mu kuba barafatanyije nyuma yo kubirota mu gihe kirekire bagashyira hanze...
27 August 2024 Yasuwe: 793 0

Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko ifungwa ry’uwashinze urubuga Telegram akaba n’Umuyobozi warwo, Pavel Durov, ridashingiye ku mpamvu za politiki.
27 August 2024 Yasuwe: 410 0

Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yatandukanye na APR FC

Umukinnyi w’Intamba mu Rugamba Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yamaze gutandukana n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko umwanya wo gukina muri iy’ikipe y’Ingabo z’Igihugu abona udahagije.
27 August 2024 Yasuwe: 776 0