Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yasinyishije umunya-Porutugali Joao Felix imukuye muri Atletico Madrid yo muri Espanye kuri Miliyoni 45 z’amapwundi, irekura Umwongereza Conor Gallagher kuri...
Phil Foden wa Manchester City yahawe igihembo cy’umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Bwongereza mu bihembo bitangwa n’Ishyirahamwe ry’Abakinnyi (Professional Footballers’ Association).
Umukinnyi W’umunyarwanda Hakimu Sahabo yongeye kugaragara mu myitozo y’ikipe ya Standard de Liege yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, nyuma y’imvune .
Mu nama y’Abademokarate yateranye ku munsi w’ejo hashize mu mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois muri Amerika, Barack Obama wahoze ari Perezida wa Amerika yacyeje Kamala Harris yongera gushima...
Ingabo za Uganda, (UPDF) zatangaje ko kuri uyu wa Kabiri zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kony washinze mutwe witwaje intwaro wa LRA urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, ndetse n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Major Gen. Vincent Nyakarundi, basuye ikipe ya APR FC...