Leta ya Uganda yohereje ingabo nyinshi ku mupaka mu rwego rwo kuba maso, nyuma yukobamwe mu bapolisi bahungiye muri iki gihugu, mu karere ka Kanungu.
Umutwe wa M23 uhanganye bikomeye...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Centrafrique, General Zephirin Mamadou yatangaje ko mu bihumbi by’ingabo z’amahanga ziri muri iki gihugu nta zinganya ibigwi n’abasirikare b’u Rwanda baba abari mu...
Myugariro Buregeya Prince uheruka gutandukana na APR FC, yerekeje mu Ikipe ya Al-Nasiriya izwi nka Sons of Sumer yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Ku itariki ya 5 Kanama 2024, igitero cya roketi cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’abanyamerika Ain al-Assad mu burengerazuba bwa Irak, ahakambitse ingabo z’Abanyamerika ndetse n’abakozi ba Amerika...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko: nta musirikare cyangwa ibikoresho bisigaye ku birindiro byayo muri Agadez mu gihugu cya Niger. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza...