Amerika ikomeje kugaragaza ko idashaka Intambara hagati ya Israel na Iran binyuze ku kumvikanisha impande zombi. Ni nyuma y’umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’ibi bihugu.
Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter Okoye uzwi nka Mr P, yavuze ko uyu muvandimwe we yashatse kumugambanira na mukuru wabo (Jude Okoye) ku...
Abakinnyi b’ikipe y’Amagare mu Karere ka Rusizi (Bugarama Cycling Team) na Limitless Cycling Team yo mu Karere ka Rubavu, bose bakina uyu mukino nk’abatarabigize umwuga, biyemeje guhuza imbaraga mu...
Douglas Emhoff, umugabo wa Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Hariss, yanze kugira icyo avuga ku makuru amaze iminsi amuvugwaho bamwe bafataga nk’ibihuha by’uko yigeze guca inyuma...
Icyemezo cy’urukiko cy’amateka cyagaragaje ko Ikigo cya mbere cy’ishakiro mu gushakisha ibyo ukeneye byose kuri internet (Google) cyagiye gikoresha ubuhangange bwacyo mu buryo butemewe kugirango...
Abapolisi hafi 100 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahungiye muri Uganda ubwo imirwano ikaze yajyaga mbere hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 na FARDC.
Ishuri rya Karate Zanshin Karate Academy ku nshuro ryateguye irushanwa ryiswe, ‘Zanshin Karate Championship’ rizabera mu Karere ka Huye mu byiciro bibiri muri uku kwezi kwa Kanama 2024,...