Itsinda ry’impirimbanyi za demokarasi kuri uyu wa Kane ushize ryatangaje ko byibuze abasivili 15 bishwe abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) muri El...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama yakiriye anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Bushinwa, Lt Gen Huang Xucong.
Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri MOROCCO yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police fc.
Ubuyobozi bw’imiryango itegamiye kuri leta yo muri Kivu y’Amajyaruguru burasaba ko Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zongera gutangiza ibitero bikaze ku mutwe wa M23 nyuma y’uko...
Umutoza wa APR FC, Darko Novic yavuze ko abakinnyi b’abanyamahanga iyi kipe yaguze bari hasi mu buryo bw’imbaraga, ubu bamwe bamaze kugera ku rwego rwiza.
Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, ku wa Kabiri w’iki cyumweru yatangaje ko inzego z’umutekano z’igihugu cye ziheruka kuburizamo umugambi wa coup d’état, zinata muri...
Umunya-Portugal Kepler Laveran de Lima Ferreira wamenyekanye nka Pepe mu makipe akomeye nka Real Madrid na FC Porto yasezeye kumyaka 41, nyuma y’imyaka 23 akina nka myugariro.