Kuvugurura Gare ya Nyabugogo biteganijwe gutangira mu 2025 bikazarangira mu 2027 bitwaye amafaranga ari hagati ya miliyoni 100 na miliyoni 150 z’amadolari, nk’uko Emma-Claudine Ntirenganya,...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze kumenyesha APR FC na Police FC ko umukino wa Super Coupe uzahuza aya makipe yombi kuri uyu wa Gatandatu, kuri Kigali Pele...
Perezida w’inteko ishinga mategeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Vital Khamere, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi nyuma y’uko yari yamusuye kuri uyu wa Gatatu.
Nk’uko yabitangaje,...
Umunya-Cameroun Issa Hayatou wabaye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) hagati ya 1988 na 2017, akaba na Visi Peresida wa FIFA yitabye Imana azize ubuwayi ku myaka 77
Nk’uko ibiro ntaramakuru AFP bibitangaza ngo kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Kanama 2024, nibura abasivili batanu bapfiriye mu bitero by’u Burusiya mu turere twinshi twa Ukraine, nk’uko abayobozi...
Abantu babiri bo mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke, bishwe na gazi yo mu Kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
Ni impanuka yabaye ku isaha ya saa mbiri za nimugoroba w’ejo ku wa Kane...